Ukekwaho kwica umugore we yagejejwe imbere y’ubutabera

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 21 Mutarama 2025 Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwaburanishije mu mizi urubanza rwa Ntaganzwa Emanuel ukurikiranyweho icyaha cyo kwica yabigambiriye umugore we wabana badasezeranye. Ni urubanza rwabereye ahakorewe icyaha mu Mudugudu wa Gifumba rwego rwo gutangira ubutabera aho icyaha cyakorewe. Ubwo uregwa yagezwaga imbere y’Urukiko, yamenyeshejwe ibirego aregwa, aho Perezida […]
Menya dosiye Trump yahereyeho akigera muri ‘White House’

Nyuma yo kurahirira kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Mutarama 2025, Perezida Donald Trump ntiyatindiganyije mu gusinya inyandiko nyinshi kugira ngo ashyire mu bikorwa imigambi ye. Yicaye ku meza, yajyaga azanirwa inyandiko imwe ku yindi ngo asinye imbere y’imbaga y’abantu bari bateraniye muri Capitol […]
Muhanga : Abakekwaho kwica umuntu baburaniye imbere y’abaturage

Ku gicamunsi cy’uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Mutarama 2025, Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwaburanishije mu mizi uwitwa Hategekimana Gadi na Nzabandora Jean Paul bakekwaho kwica no kwiba uwitwa Mukamuvara Xaveline ndetse bakanashinyagurira umurambo we. Uru rubanza rwabereye imbere y’abaturage mu Murenge wa Nyamabuye, Akagari ka Gahogo, Umudugudu wa Nyarucyamo II, aho abaturage bari bitabiriye […]
Gicumbi-Byumba: Kiliziya na Leta bafunguye ishuri

Kuri Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Mutarama 2025, mu Mujyi wa Byumba uherereye mu Karere ka Gicumbi habereye umuhango wo gufungura ishuri ryahoze ari iry’ababyeyi ‘APAPEB’ gusa ubu rikaba ryarahinduwe ishuri rya Leta ku bufatanye na Kiliziya Gatolika. Ubu iri shuri ryitwa CPEC (Child Protection Education Center). Ni umuhango witabiriwe n’abarimo Musenyeri Papias […]
Ibitegerejwe mu irahira rya Donald Trump

Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika ararahirira kuba perezida wa 47 w’iki gihugu uyu munsi tariki ya 20 Mutarama 2025. Uyu munsi nturangwa no kurahira ku mugaragaro gusa kwa Trump na Vance, ahubwo uraherekezwa n’ibitaramo bya muzika, ndetse n’ibindi birori by’imyidagaduro. Bitandukanye n’imyaka yabanje, aho uyu muhango wabera ku mbuga ya Capitol, […]
Amerika: TikTok yari yahagaritswe yongeye gukora

Urubuga nkoranyambaga rwa TikTok rwasubukuye serivisi zarwo ku barenga miliyoni 170 barukoresha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi bibaye nyuma y’aho Perezida watowe, Donald Trump, avuze ko azasohora itegeko rya perezida ryo guha uru rubuga uruhushya rwo gukomeza gukora igihe azaba atangiye imirimo kuri uyu wa mbere. Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, tariki […]
Perezida Kagame arasaba abayobozi n’abanyamadini kurinda u Rwanda rw’ejo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame arasaba abayobozi b’amadini n’amatorero n’abayobozi mu nzego za leta gushyira imbaraga mu kwita ku byafasha umuryango Nyarwanda kurangwa n’ituze n’amahoro. Perezida Kagame yavugiye ibi muri Kigali Serena Hotel, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye amasengesho ngarukamwaka yo gushima Imana no gusabira Igihugu azwi nka National Prayer Breakfast. Perezida Kagame […]
2024-2029: Ibikubiye muri gahunda y’imyaka itanu y’urwego rw’ubuzima mu Rwanda

Minisitiri Dr. Nsanzimana Sabin yatangaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’u Rwanda y’imyaka itanu, Minisiteri y’Ubuzima ishyize imbere imigambi myinshi irimo kongera abakozi mu rwego rw’ubuzima no kugabanya impfu z’ababyeyi n’abana. Minisitiri Dr. Nsanzimana yavugiye ibi mu Nteko Ishinga Amategeko, umutwe w’Abasenateri, ubwo yagaragazaga ibisobanuro ku ishyirwa mu bikorwa rya politiki y’ubuzima n’ibikorwa bigamije guteza […]
Kigali : Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare

Umujyi wa Kigali watangiye igerageza rya gahunda yo guhagurukira ku gihe ku modoka zitwara abagenzi mu buryo rusange, aho umugenzi atazajya arambirwa no gutegereza ko bisi zihagera cyangwa ngo zihaguruke. Muri iyi gahunda, Umujyi wa Kigali uri kugerageza uburyo bisi izajya ihaguruka buri minota icumi mu gihe cy’abagenzi benshi n’iminota cumi nitanu mu gihe cy’abagenzi […]
Amerika yafatiye ibihano umuyobozi mukuru w’ingabo za Sudani

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano kuri Abdel Fattah al-Burhan, umugaba mukuru w’ingabo za Sudani, imushinja guhitamo intambara aho kwemera ibiganiro n’umutwe wa RSF bigamije kurangiza intambara imaze guhitana ibihumbi by’abantu no gutuma miliyoni nyinshi zihunga ingo zabo. Ishami ry’imari ya Leta zunze ubumwe z’Amerika ryatangaje ko ku buyobozi bwa Burhan,igisirikare cyakoreshaga amayeri y’intambara […]
