Imyaka 20 iruzuye Amavubi adakandagira mu gikombe cya Afurika

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 18 Ugushyingo 2024, Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yujuje imyaka 20 itazi uko imikino ya nyuma y’Igikombe cya Afurika imera.Ni nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Nigeria ibitego 2-1 ariko ikabura itike yo gukina imikino ya nyuma y’Igikombe cya Afurika 2025 kizabera muri Morocco, kubera ko amanota yagize atayemereye kwitabira […]
Amahirwe y’Amavubi arayoyotse

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda (Amavubi) atsinzwe igitego kimwe ku busa n’ikipe y’igihugu ya Libya amahirwe yo kujya mu gikombe cya Afurika cya 2025 arayoyoka. Ni umukino w’umunsi wa gatanu mu itsinda rya Kane wabaye kuri uyu wa Kane tariki 14 Ugushyingo 2014, ubera muri Sitade Amahoro. Uyu mukino wari ufite ubusobanuro bukomeye cyane kuko iyo […]
Basketball: U Rwanda mu myiteguro yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika2025

Mu rwego rwo kwitegura imikino yo gushaka itike y’imikino y’igikombe cy’afurika cyo muri 2025, Ikipe y’Igihugu ya Basketball izakina n’iya Sudani y’Epfo na Mali mu mikino ya gicuti. Ni imikino iteganyijwe hagati ya tariki ya 19 na 20 Ugushyingo 2024, aho abakinnyi barimo William Robeyns, Kenny Manzi, Dieudonné Ndizeye, Steven Hagumintwari, Prince Muhizi, Cadeaux de […]
Rayon Sports itsinze Musanze ifata umwanya wa mbere

Ikipe ya Rayon Sports yatsindiye Musanze FC kuri stade Ubworoherane igitego 1-0. Byari mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona, ibyatumye Rayon Sports yuzuza imikino itanu itsinze yikurikiranya. Ni umukino Igice cya mbere cya wo cyatangiye amakipe yombi akinira hagati mu kibuga mu rwego rwo kwigana gusa ikipe ya Rayon Sports yanyuzagamo igashikisha uburyo bwo […]
Miss Muheto yakatiwe igifungo cy’amezi atatu asubitse

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwahanishije Miss Nshuti Muheto Divine igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe. Miss Muheto yahawe iki gihano nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gutwara ikinyabiziga wanyoye ibisindisha no gutwara ikinyabiziga utabifitiye uruhushya. Urukiko kandi rwanzuye ko Miss Nshuti Muheto Divine adahamwa n’icyaha cyo guhunga nyuma yo gukora impanuka nk’uko Ubushinjacyaha bwari […]
Miss Muheto yasabiwe gufungwa umwaka 1 n’amezi umunani

Ubushinjacyaha bwasabye urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuzafunga Miss Muheto Divine Nshuti umwaka n’amezi umunani kubera ibyaha ashingwa birimo gutwara ikinyabiziga yanyoye, kugonga ibikorwaremezo, gutwara nta ruhushya no guhunga. Ibi ubushinjacyaha bwabisabye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki 31 Ukwakira 2024, ubwo Miss Nshuti Muheto Divine yitabaga Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, ngo aburane ku […]
Amavubi atsinzwe na Djibouti mu gushaka itike ya CHAN

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda (Amavubi) y’abakina Shampiyona y’imbere mu gihugu itsinzwe n’ikipe y’igihugu ya Djibouti igitego 1-0 mu gushaka itike y’igikombe cy’ Afurika mu bakina imbere mu bihugi byabo (CHAN) Nu mu mukino wabaye kuri iki cyumweru tariki 27 Ukwakira 2024 ubera kuri Sitade Amahoro, utangira Saa 15:00. Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, Frank […]
Rayon Sports yatsinze Bugesera ifata umwanya wa mbere

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Bugesera FC ibitego 2-0, ihita ifata umwanya wa mbere muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Ni mu umukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona wabereye kuri Kigali Pèle Stadium saa 15:00, witabiriwa n’abafana benshi cyane ko hari hashize igihe Shampiyona idakinwa. Umukino watangiye harimo guhangana ku mpande zombi gusa ntibyaje […]
Liam Payne: Ubuzima bwe n’urugendo mu muziki

Mu ijoro ryo kuwa Gatatu, tariki ya 16 Ukwakira 2024, nibwo ku mbuga nkoranyambaga hatangiye gucicikana inkuru y’urupfu rw’icyamamare mu muziki Liam Payne wahoze mu itsinda rya One direction mbere y’uko risenyuka muri 2016. Ayo makuru y’urupfu rwe yaje kuba impamo bukeye bwaho ku wa Kane, yemejwe na polisi yo mu gihugu cya Argentine by’umwihariko […]
Minisitiri Utumatwishima yahishuye icyo Leta iteganya mu guteza imbere abahanzi

Hashize igihe kinini mu Rwanda havugwa ikibazo cy’imikoresheze y’ibihangano by’abahanzi idahwitse aho bamwe mu bahanzi bavuga ko ibihangano bakora bibatera ibihombo aho kubungura nkuko baba babitekereza mbere yo kubikora. Kuri uyu wa kane ,itariki ya 17 Ukwakira 2024, Icyo kibazo cyongeye kugarukwaho, n’abakoresha imbugankoranyambaga hano mu Rwanda by’umwihariko urubuga rwa X aho umwe mu barukoresha […]
