Malayika yaratugendereye-Imbamutima z’Umuryango wa Ntakiturimana wavuwe amaso

Imyaka isaga itatu irashize Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ku bufatanye n’umuryango ‘See you’ batanga ubuvuzi bw’amaso ku bana bari munsi y’imyaka 18 mu turere twose two mu Ntara y’Iburengerazuba. Ntakirutimana Willy Joseph n’abana be babiri ni bamwe mu bavuwe indwara y’amaso izwi nk’ishaza. Uyu muryango utuye mu Kagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Musasa mu Karere […]
Kurwanya igwingira n’imirire mibi birashoboka- Guverineri Kayitesi

Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice avuga ko mu gihe ababyeyi bose bakwita ku nshingano zabo, kurwanya igwingira n’imirire mibi bishoboka mu ntara ayoboye. Guverineri Kayitesi avuga ko muri iyi ntara bari mu bukangurambaga bwo kwibutsa ababyeyi inshingano zabo kuko aribo bakwiye kugira uruhare rwa mbere mu kurwanya igwingira mu bana. Ati: “Mu turere tw’Intara y’Amajyepfo […]
Muhanga: Ibigo nderabuzima byahawe ibikoresho byo kwifashisha mu kuvura amaso

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 23 Ukuboza 2024, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi, ku bufatanye na CBM, Light for the World, ndetse na Diyosezi ya Kabgayi, byatanze ibikoresho bizifashishishwa mu kuvura amaso mu bigo nderabuzima 16 n’Igororero ry’Akarere ka Muhanga.Ibikoresho byatanzwe birimo mudasobwa za HP, amatoroshi, n’igitabo kirimo amakuru y’ingenzi ku ndwara zishobora kwibasira amaso, […]
‘Bureau Sociale’ ikomeje gahunda yo kurwanya SIDA n’inda zidateganyijwe mu bangavu

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 19 Nzeri 2024, Ubuyobozi bwa Bureau Sociale mu turere twa Muhanga na Kamonyi bwasuye abakangurambaga b’urungano bakorera mu mirenge ya Nyamabuye, Shyogwe na Nyarusange. Uru ruzinduko rwari muri gahunda yo gufasha urubyiruko kurushaho kumva neza umusanzu bakwiye gutanga mu kurwanya inda zidateganyijwe ziterwa abangavu ndetse na Virusi itera SIDA. […]
Menya ibyo benshi bibeshya ku ndwara y’umurari

Umurari ni imwe mu ndwara zibasira amaso zikayazengereza cyane aho umuntu aba atabasha kureba neza ku buryo umuntu umubonye aba abona atareba mu kerekezo kimwe. Ikindi kiyiranga ngo ni uko amaso y’uyirwaye aba ahengamye kandi atareshya. Mu kiganiro na ICK News, Dr. Tuyisabe Theophile uyobora Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi yagarutse ku byo abantu bakunze kwibeshya […]
Kabgayi: 49 babazwe indwara y’umurari

Kuva tariki ya 2 kugeza ku ya 7 Ukuboza 2024, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi byakiriye inzobere mu buvuzi bw’amaso zaturutse mu gihugu cy’Ububiligi, zije guhugura abaganga no kuvura indwara z’amaso. Izi nzobere zaje muri gahunda yo gukomeza imikoranire iri hagati y’ibi bitaro n’umuryango wita ku barwayi b’amaso ku Isi ‘Light for the World’, zasuzumye, zibaga […]
Iburengerazuba: Amavuriro arashima umusaruro uva mu mikoranire n’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi

Ubuyobozi bw’Ibitaro byo mu Ntara y’Iburengerazuba burashima umusaruro ukomeje kuva mu bufatanye buri hagati yabyo n’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ndetse n’Umuryango ‘See you’ Ubu bufatanye bumaze hafi imyaka irenga itatu, bukubiye ahanini mu mushinga w’ubuvuzi bw’amaso mu bana bakivuka kugeza ku baterangeje imyaka 18. Dr. Mukayiranga Edithe, Umuyobozi w’Ibitaro bya Gihundwe byo mu Karere ka […]
Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi bikomeje gusuzuma abanyeshuri b’Iburengerazuba

Hashize hafi imyaka itatu, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi ku bufatanye n’Umuryango ‘See You’ bakorana mu gufasha abana bari munsi y’imyaka 18 bafite ibibazo by’amaso mu turere turindwi tw’Intara y’Uburengerazuba. Ubu bufatanye bugamije kumenya no kuvura ibibazo by’amaso hakiri kare kugira ngo bitavamo ibibazo bikomeye byanatera ubuhumyi bwa burundu. Ni muri urwo rwego kuri uyu […]
Mu mibare: Menya uko Ubwandu bwa SIDA buhagaze mu Rwanda no ku Isi

Uyu munsi, tariki ya 1 Ukuboza, ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurwanya SIDA. Ni muri urwo rwego ICK News yifashishije imibare y’ibigo binyuranye hirya no hino ku isi, yaguteguriye inkuru igaruka ku ishusho ya SIDA mu Rwanda no hirya no hino ku isi. SIDA iterwa n’agakoko kitwa ‘HIV’ iracyari ikibazo gikomeye cy’ubuzima ku Isi yose, cyane […]
Misiri: 17 baburiwe irengero nyuma y’irohama ry’ubwato

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25 Ugushyingo 2024, Abategetsi ba Misiri batangaje ko abantu 17 baburiwe irengero nyuma y’uko ubwato bw’ubukerarugendo burohamiye mu Nyanja Itukura. Abagera kuri 28 nibo barohowe bakiri bazima. Guverineri w’intara igerwamo n’Inyanja Itukura Maj Gen. Amr Hanafi, yavuze ko ikimenyetso cy’ubutabazi cyakiriwe saa cyenda n’igice ku isaha ngenga masaha ya […]
