Rose:Rumaga ashimishijwe n’iterambere ry’abasizi yafashije

Umusizi Rumaga Junior wa Nsekana https://www.youtube.com/watch?v=mZXfv53C3fQari mu byishimo bidasanzwe nyuma y’aho abasizi yise “Ibyanzu” aheruka kumurikira Abanyarwanda, batangiye gutanga umusaruro. Umwe mu basizi umunani Rumaga aheruka kumurika binyuze mu mushinga yise ‘Siga Rwanda’, Uwababyeyi Viviane yasize igisigo “U Rwanda rwambaye Imana” cyanyuze benshi muri aya masengesho yitabiriwe na Perezida Paul Kagame. Rumaga yabwiye IGIHE ko […]

Iposita: serivisi abubu bumva mu makuru gusa

hMu Rwanda, urugendo rwo kugeza ubutumwa ku bo bugenewe rugizwe n’amateka maremare, aho mbere y’umwaduko w’abazungu umuntu yabwiraga intumwa amagambo, akagenda akayasubiriramo uwo amutumyeho. Aho amashuri aziye, Abanyarwanda bakamenya kwandika, havutse ubundi buryo bwo kohererezanya ubutumwa, aho umuntu yashakaga ikaramu n’urupapuro akandikira uwo ageneye ubutumwa, hanyuma agashyira mu ibahasha aho bishoboka, akayiha intumwa iyigeza ku […]

Celestin: Chris Brown yajyanye Warner Bros mu nkiko

Ku wa 21 Mutarama 2025 nibwo Chris Brown yagejeje ikirego cye mu rukiko. Gishingiye kuri filime yiswe ‘Chris Brown: A History of Violence’. Muri iki kirego, Chris Brown avuga ko Warner Bros yagize uruhare mu gutunganya no gusohora iyi filime mbarankuru yagiye hanze mu Ukwakira 2024. Yavuze ko kandi iyi filime yamugaragaje nk’umuntu uhohotera abagore, […]