The Commonwealth Heads of Government Meeting

The meeting in Kigali Kigali Convention Center On April 20, 2018, Kigali was announced as the next host of the 26th Commonwealth Heads of Government meeting (CHOGM) which was meant to be held in 2020. This was a historical moment, not only for Rwanda, but also to the bloc. The then youngest member state, a […]

Perezida Kagame yakiriye Faure Essozimna Gnassingbé wa Togo

Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali kiri i Kanombe, aho yaje mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Umukuru w’Igihugu yari aherekejwehttps://www.youtube.com/watch?v=szsd8oLtOc4 n’abandi bayobozi batandukanye ku Kibuga cy’Indege, ubwo yakiraga mugenzi we wa Togo.Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, mu butumwa bwanyujije ku rubuga rwa X, byavuze ko “Muri […]

Muhanga-Kigali is simply dummy text of the printing and typesetting industry

Lorem Ipsum is simply dummy text of the printing and typesetting industry. Lorem Ipsum has been the industry’s standard dummy text ever since the 1500s, when an unknown printer took a galley of type and scrambled it to make a type specimen book. It has survived not only five centuries, but also the leap into electronic […]

Menya dosiye Trump yahereyeho akigera muri ‘White House’

Nyuma yo kurahirira kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Mutarama 2025, Perezida Donald Trump ntiyatindiganyije mu gusinya inyandiko nyinshi kugira ngo ashyire mu bikorwa imigambi ye. Yicaye ku meza, yajyaga azanirwa inyandiko imwe ku yindi ngo asinye imbere y’imbaga y’abantu bari bateraniye muri Capitol […]

Muhanga : Abakekwaho kwica umuntu baburaniye imbere y’abaturage

Ku gicamunsi cy’uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Mutarama 2025, Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwaburanishije mu mizi uwitwa Hategekimana Gadi na Nzabandora Jean Paul bakekwaho kwica no kwiba uwitwa Mukamuvara Xaveline ndetse bakanashinyagurira umurambo we. Uru rubanza rwabereye imbere y’abaturage mu Murenge wa Nyamabuye, Akagari ka Gahogo, Umudugudu wa Nyarucyamo II, aho abaturage bari bitabiriye […]

Nturasobanukirwa Ejo Heza? Dore ibyo ukwiye kumenya

Muri 2017, nibwo Leta y’u Rwanda yatangije Ikigega cy’Ubwiteganyirize cyiswe Ejo Heza, kigamije gufasha Abanyarwanda kubona uburyo bwo kwizigama by’igihe kirekire. Ni gahunda yagiye itavugwaho rumwe na bamwe mu Banyarwanda kuko hari abatarahise bumva impamvu ya Ejo Heza ndetse no kuba hari abahatirwa kuyitanga. Mu kiganiro aherutse kugirana na KT Radio mu ntangiro z’uyu mwaka […]

Gicumbi-Byumba: Kiliziya na Leta bafunguye ishuri

Kuri Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Mutarama 2025, mu Mujyi wa Byumba uherereye mu Karere ka Gicumbi habereye umuhango wo gufungura    ishuri ryahoze ari iry’ababyeyi ‘APAPEB’ gusa ubu rikaba ryarahinduwe ishuri rya Leta ku bufatanye na Kiliziya Gatolika. Ubu iri shuri ryitwa CPEC (Child Protection Education Center). Ni umuhango witabiriwe n’abarimo Musenyeri Papias […]

Ibanga ryo gukora ubukwe bworoheje kandi bwiza

Mu kiganiro Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame aherutse kugirana n’abanyamakuru, tariki ya 9 Mutarama 2025, Umunyamakuru Kevin Christian Ibarushimpuhwe wa BTN yasabye Perezida Kagame kugira ubutumwa agenera bamwe mu rubyiruko rutinda gushyingirwa rwitwaje ubushobozi. Mu kumusubiza, Perezida Kagame yavuze ko n’ubwo hari abashobora kubura ubushobozi, ariko atari ko abatarashaka bose babuze amikoro. Icyakora […]

Ibitegerejwe mu irahira rya Donald Trump

Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika ararahirira kuba perezida wa 47 w’iki gihugu uyu munsi tariki ya 20 Mutarama 2025. Uyu munsi nturangwa no kurahira ku mugaragaro gusa kwa Trump na Vance, ahubwo uraherekezwa n’ibitaramo bya muzika, ndetse n’ibindi birori by’imyidagaduro. Bitandukanye n’imyaka yabanje, aho uyu muhango wabera ku mbuga ya Capitol, […]

Amerika: TikTok yari yahagaritswe yongeye gukora

Urubuga nkoranyambaga rwa TikTok rwasubukuye serivisi zarwo ku barenga miliyoni 170 barukoresha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi bibaye nyuma y’aho Perezida watowe, Donald Trump, avuze ko azasohora itegeko rya perezida ryo guha uru rubuga uruhushya rwo gukomeza gukora igihe azaba atangiye imirimo kuri uyu wa mbere. Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, tariki […]