Muri buri Kagari hagiye gushyirwa Post de Sante

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko hateganywa kubakwa amavuriro y’ibanze muri buri kagari ko mu Rwanda mu rwego rwo kugabanya ubucucike bukigaragara mu bitaro byo hirya no hino mu gihugu. Ibi iyi minisiteri yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki 16 Mutarama 2025, ubwo yagezaga ibiganiro ku nteko inshinga amategeko, bigamije kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa rya Politiki […]
Brazil: Polisi yibeshye ku ifoto ishinja umugabo ibyaha 62 abeshyerwa

Mu gihugu cya Brasil giherereye ku mugabane w’Amerika haravugwa inkuru itangaje ariko inababaje y’umugabo wafunzwe imyaka itatu arengana kubera ifoto ye yakwirakwijwe na Polisi, abatangabuhamya bagahamya ko ibyo byaha koko yabikoze. Uwo ni Paulo Alberto da Silva Costa, ufite imyaka 37 usanzwe utuye mu mujyi ufatwa nk’ukennye wa Belford Roxo, ukaba uherereye ku nkengero za […]
Leta ya Tanzaniya yahakanye iby’icyorezo cya Marburg kiri muri iki gihugu

Tanzania yahakanye raporo y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ivuga ko icyorezo cya Marburg, cyadutse mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’iki gihugu. Ikinyamakuru The Tanzania Times, cyanditse ko Minisitiri w’ubuzima muri Tanzaniya, Jenista Mhagama, yavuze ko nyuma y’isesengura ryakozwe, abantu bose bakekwaho kuba baranduye virusi ya Marburg basanzwe ntayo bafite. Icyakora Minisitiri Mhagama avuga ko igihugu […]
‘Ndi umunyabyaha nk’abandi bose’-Papa Fransisiko

Mu gitabo cye gishya cyitwa “Ibyiringiro: Ubuzima Bwanjye”, Papa Fransisiko agaruka ku rugendo rwe rwo kuva mu bwana mu mujyi wa Buenos Aires kugera ku kuba umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi. Ni igitabo kirimo amafoto adasanzwe, harimo n’ayasohowe bwa mbere yahawe uburenganzira by’umwihariko na Papa Fransisiko ubwe. Papa Fransisiko avuga mu bwana bwe avuga […]
Haiti: Abarenga miliyoni bamaze kuva mu byabo kubera umutekano muke

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rivuga ko abantu barenga miliyoni imwe muri Haiti bamaze gukurwa mu ngo zabo kubera ukwiyongera gukabije kw’ibitero by’imitwe yitwaje intwaro mu murwa mukuru w’igihugu cya Haiti ‘Port-au-Prince’. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe abimukira (IOM) kandi ritangaza ko ari ubwa mbere muri iki gihugu abantu benshi bakuwe mu byabo n’intambara ziterwa n’abitwaje intwaro ndetse […]
Ibikubiye mu masezerano yo guhagarika intambara hagati ya Isiraheli na Hamas

Isiraheli na Hamas bemeranyije ku masezerano yo guhagarika intambara muri Gaza no kurekura imbohe nyuma y’amezi 15 y’intambara. Ibi byatangajwe n’abahuza hagati y’impande zombi, ari bo Qatar na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Minisitiri w’Intebe wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdul Rahman Al Thani, yavuze ko ayo masezerano azatangira gushyirwa mu bikorwa ku cyumweru, igihe […]
Huye irateganya kubaka ‘Car-Free Zone’

Akarere ka Huye karateganya kubaka ahantu hatemerewe kunyura imodoka ‘Car-Free Zone’ kugira ngo bifashe abatuye Umujyi wa Huye kubona ahantu ho kuruhukira hisanzuye. Iki gikorwa cyavuye mu mushinga w’igishushanyo mbonera cy’Umujyi wa Huye aho mu nyigo byagaragaye ko hakenewe ‘Car-Free Zone’. Icyakora imirimo yo kubaka aka gace ngo ntiharamenyekana igihe izatangirira kuko ubuyobozi bw’akarere bukirimo […]
Iran yahakanye ibyo kugerageza kwica Trump

Mu mwaka ushize ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora Amerika, Donald Trump yarokotse ibitero bibiri byari bigamije kumwivugana. Kimwe cyabaye muri Nzeri ubwo yakinaga golf ku kibuga cye giherereye i West Palm Beach, muri Florida, naho ikindi cyabaye mu kwezi kwa Nyakanga mu birori byo kwiyamamaza byabereye i Butler, muri Pennsylvania. Nyuma y’ibyo mu […]
Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol yatawe muri yombi

Perezida wegujwe muri Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, yatawe muri yombi ndetse kuri ubu arimo guhatwa ibibazo bijyanye n’itangazo rye ryo gushyiraho ibihe bidasanzwe ryatangajwe mu kwezi gushize maze bigateza imvururu mu gihugu. Ibi byatangajwe n’abashinzwe iperereza ku byaha bya ruswa kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Mutarama 2025 bikaba byashyize iherezo ku mvururu […]
Muhanga: MINUBUMWE yaganiriye n’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuri uyu wa 14 Mutarama 2025, Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) yagiranye ibiganiro n’ abakozi bo mu nzego z’ibanze n’abahagarariye imiryango irengera inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibi biganiro byateguwe na MINUBUMWE ifatanyije n’Akarere ka Muhanga byari bigamije kuganira n’abahagarariye imiryango irengera inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kugira ngo harebwe […]
