Huye irateganya kubaka ‘Car-Free Zone’

Akarere ka Huye karateganya kubaka ahantu hatemerewe kunyura imodoka ‘Car-Free Zone’ kugira ngo bifashe abatuye Umujyi wa Huye kubona ahantu ho kuruhukira hisanzuye. Iki gikorwa cyavuye mu mushinga w’igishushanyo mbonera cy’Umujyi wa Huye aho mu nyigo byagaragaye ko hakenewe ‘Car-Free Zone’. Icyakora imirimo yo kubaka aka gace ngo ntiharamenyekana igihe izatangirira kuko ubuyobozi bw’akarere bukirimo […]
Weekend y’imikino: Ibirori by’i Huye bihangamuye ibihangange

Mu mpera z’iki cyumweru, byari ibirori bikomeye by’imikino mu Mujyi wa Huye kuko habereye imikino irimo amakipe akomeye hano mu Rwanda. Ni imikino isize APR FC na Rayon Sports zisubiye i Kigali nta ntsinzi, kuko zose zahatsindiwe. Iyi mikino yatangiye ejo ku wa Gatandatu, tariki ya 11 Mutarama 2025, aho MUKURA VS yakiraga Rayon […]
Ibyo wamenya mbere y’umukino uri buhuze Rayon Sports na Mukura VS

Kuri uyu wa 11 Mutarama 2025, kuri Sitade ya Huye harabera umukino ukomeye uhuza Mukura VS yakira Rayon sports mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda(RPL), ni umukino utegerejwe saa kumi n’imwe z’umugoroba.Aya makipe agiye gucakirana ahagaze neza muri shampiyona kuko Rayon Sports iyoboye urutonde n’amanota 36 naho Mukura VS […]
Rulindo&Gicumbi: Hatangijwe Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2024, Abayobozi b’Uturere twa Gicumbi na Rulindo batangije ku mugaragaro Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’. Rulindo Mu Karere ka Rulindo, iri rushanwa ryatangirijwe mu Murenge wa Bushoki aho Umurenge wa Bushoki wakinnye na Murambi mu mupira w’amaguru. Ni mu mukino warangiye Bushoki itsinze Murambi ibitego 3-1. Atangiza […]
Umwanya Elon Musk yaba ahagazeho mu bakire batunze amakipe aramutse aguze Liverpool

Errol Musk, se w’umugabo ukize kurusha abandi ku isi, aherutse kuvuga ko umuhungu we yifuza kugura ikipe ya Liverpool. Icyakora, ba nyir’iyi ikipe ‘Fenway Sports Group (FSG)’ bahise bavuga ko itagurishwa, kandi ko nta cyifuzo na kimwe barakira kijyanye no kugurisha ikipe yabo. Bibayeho ko Musk yegukana iyi kipe yo mu majyaruguru y’iburengerazuba bw’u Bwongereza, […]
Ngoma: Urubyiruko rwijejwe ibikorwa byinshi by’imyidagaduro muri 2025

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma burizeza urubyiruko rwo muri aka karere gukomeza kubategurira ibikorwa byinshi by’imyidagaduro mu rwego rwo gukoresha ibikorwaremezo Leta yabubakiye. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Mapambano Nyiridandi Cyriaque, mu gitaramo cyo gusoza umwaka wa 2024 cyabaye mu ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza 2024. Iki gitaramo cyabereye muri […]
Batanu bakurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rwa Liam Payne

Ubushinjacyaha bwa Argentine bukurikiranye abantu batanu bashinjwa kugira uruhare mu urupfu rw’umuhanzi Liam Payne wahoze mu itsinda rya One direction Urupfu rw’icyamamare mu muziki Liam Payne, w’imyaka 31 y’amavuko yapfuye kuwa 16 Ukwakira 2024, nyuma yo guhanuka muri etage ya hoteli yitwa CasaSur Palermo yo muri Algentine. Ubushinjacyaha bwa Argentine buvuga ko umuyobozi w’iyi hoteli, […]
Nyuma y’imyaka 8 mu rubanza, Angelina Jolie na Brad Pitt bumvikanye kuri gatanya

James Simon, umwunganizi mu mategeko wa Angelina Jolie yatangaje ko umukiriya we n’uwahoze ari umugabo we, Brad Pitt bemeranyije kuri gatanya nyuma y’imyaka umunani bari mu ntambara y’amategeko. Aba bombi bashakanye mu 2014 kandi bafite abana batandatu. Bari bamwe mu byamamare bizwi cyane mu ruganda rw’imyidagaduro, aho itangazamakuru ryabise “Brangelina.” Jolie yashyikirije urukiko ibirego byo […]
Guinea: Abasaga 50 bapfiriye muri sitade y’umupira w’amaguru

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 2 ugushyingo 2024, ubuyobozi bw’Igihigu cya Guinea bwatangaje ko nibura abantu 56 bapfiriye muri sitade mu gihe abandi benshi bakomeretse nyuma y’imvururu zaturutse ku cyemezo cy’umusifuzi. Ibi byago byabereye mu mukino wa nyuma w’irushanwa ryo guha icyubahiro Umuyobozi w’Ingabo za Guinea Mamady Doumbouya. Ni umukino wabereye kuri Sitade y’i […]
Basketball: U Rwanda ntirwahiriwe mu myiteguro yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu mukino w’amaboko ‘Basketball’ ntiyahiriwe mu myiteguro yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika kuko yatsinzwe imikino yose yakinnye. Mu mikino ya gicuti u Rwanda rwakinye rwitegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika, rwatsinzwe na Mali amanota 69-63. Ni umukino wabaye mu ijoro rya tariki ya 19 Ugushyingo 2024. Uretse uwo […]
