Iran yahakanye ibyo kugerageza kwica Trump

Mu mwaka ushize ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora Amerika, Donald Trump yarokotse ibitero bibiri byari bigamije kumwivugana. Kimwe cyabaye muri Nzeri ubwo yakinaga golf ku kibuga cye giherereye i West Palm Beach, muri Florida, naho ikindi cyabaye mu kwezi kwa Nyakanga mu birori byo kwiyamamaza byabereye i Butler, muri Pennsylvania. Nyuma y’ibyo mu […]

Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol yatawe muri yombi

Perezida wegujwe muri Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, yatawe muri yombi ndetse kuri ubu arimo guhatwa ibibazo bijyanye n’itangazo rye ryo gushyiraho ibihe bidasanzwe ryatangajwe mu kwezi gushize maze bigateza imvururu mu gihugu. Ibi byatangajwe n’abashinzwe iperereza ku byaha bya ruswa kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Mutarama 2025 bikaba byashyize iherezo ku mvururu […]

Esipanye irateganya gushyiraho umusoro w’amazu 100% ku batari abenegihugu

Esipanye yatangaje gahunda yo gushyiraho umusoro ungana n’ 100% ku mazu agurwa n’abatari abanyagihugu, batanaturuka mu bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi. Ubuyobozi bw’iki gihugu buvuga ko ibyo biri muri gahunda yo guhangana n’ikibazo cy’amacumbi mu gihugu. Nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Intebe wa Esipanye, Pedro Sánchez ubwo yari yitabiriye inama yiga ku bukungu yabereye mu […]

Brazil yashyizeho itegeko rikumira telefoni mu mashuri abanza n’ayisumbuye

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Mutarama 2025, Perezida wa Brazil, Luiz Inácio Lula da Silva, yashyize umukono ku itegeko rikumira ikoreshwa rya telefoni zigezweho mu mashuri yisumbuye. Iri tegeko ngo ryashyizweho hagendewe ku ngero z’ibindi bihugu byinshi byatangiye kugabanya ikoreshwa ryazo. Iri tegeko rizatangira gushyirwa mu bikorwa muri Gashyantare 2025, ngo ryashyizweho hashingiwe […]

Amahoro hagati ya Isiraheli na Hamas ashobora kuboneka vuba

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko ubuyobozi bwe buri hafi gushyira umukono ku masezerano yo guhagarika imirwano hagati ya Isiraheli na Hamas nyuma y’amezi arenga 14 y’imirwano. Mu ijambo yavugiye i Washington kuri uyu wa Mbere rigamije kugaragaza ibyagezweho mu miyoborere ye y’ububanyi n’amahanga, Perezida Biden yavuze ko ishusho y’ayo […]

Dore ahantu heza wasura muri 2025

Nubwo Isi ari nini, muri iyi myaka abayituye bavuga ko “yabaye nk’umudugudu” kuko bisa nk’aho abantu begeranye ugereranyije nuko byahoze mu myaka yashize. Kuri ubu kandi bitewe n’uburyo indege zoroheje ingengo umuntu ashobora kuva mu mujyi wa New York agasura Singapore cyangwa akava mu mujyi wa Londres akisanga muri Afurika y’Epfo mu mujyi wa Cape […]

Nigeria: Igisirikare cya Leta cyibeshye gihitana abasivili 16 mu gitero cy’indege

Abasivili 16 bo mu Leta ya Zamfara iherereye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria bishwe n’igitero cy’indege z’igisirikare cy’iki gihugu, nyuma yuko iki gisirikare cyibeshye ko ari amabandi y’abagizi ba nabi. Abaturage babwiye ibitangazamakuru by’imbere mu gihugu, ko abishwe bari mu matsinda y’abasivili birwanagaho ubwabo kugira ngo birinde amabandi azwi cyane mu gushimuta abantu bagamije […]

Abanyamakuru bo hirya no hino ku isi bagiye guhurira i Vatikani

Mu mpera z’uku kwezi, kuva ku wa 24 kugeza ku wa 26 Mutarama 2025 Umujyi wa Roma, mu Butaliyani uzakira abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru byo hirya no hino Ku isi. Ibi birori bizaba mu rwego rwo guhimbaza Yubile y’imyaka 2025 ishize Jambo yigize umuntu. Ibirori bya Yubile y’Itangazamakuru, nibyo bya mbere bizaba bibereye i Vatikani nyuma […]

Perezida wa Ukraine yatangaje ko hari abasirikari ba Koreya ya Ruguru bafatiwe ku rugamba

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko ingabo ze zafashe imfungwa z’intambara zigizwe n’abasirikari babiri bakomeretse bava muri Koreya ya Ruguru. Amafoto y’aba basirikari bigaragara ko bakomeretse yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 11 Mutarama 2025, ku rubuga rwa X rwa Perezida wa Ukraine. Zelensky yanditse ati “Aba bagabo babiri bari guhabwa ubufasha […]

Biden yageneye Papa Fransisiko umudali w’ikirenga

Kuri iki Cyumweru, Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yageneye Papa Fransisiko Umudali wa Perezida w’Ubwisanzure (Presidential Medal of Freedom), wo ku rwego rwo hejuru kurusha indi. Uyu mudali wo ku rwego ruhanitse (with distinction), ni wo wa mbere Biden atanze kuva yajya ku butegetsi, bivuze ko Papa Fransisiko ari muntu wa […]