Imbuto ubibye ni yo usarura-Jeannette Kagame

Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko, ijambo ku rindi, ni ubutumwa bwa Madamu Jeannette Kagame. Nta byiza nko gusoza no gutangirana umwaka umugisha w’urukundo. Ntibikiri ibanga ko i Kigali, Ukuboza ari ukwezi kwera ibirori by’ubukwe byiyongera ku byishimo bisanzwe byo gusoza umwaka. Ni umwanya mwiza rero wo kwishimana n’umuryango. Muri izi mpera z’umwaka nifuje ko twaganira ku […]
Maroc: Impanuka y’ubwato yahitanye abasaga 50

Impanuka y’ubwato yahitanye abantu 69 barimo Abanya-Mali 25. Ubu bwato bwavaga muri Afurika y’Uburengerazuba bugana muri Esipanye bwagiriye ikibazo mu mazi ya Maroc ku wa 19 Ukuboza, nk’uko abayobozi bo muri Mali babitangaje. Ubu bwato bwari butwaye abantu bagera kuri 80 ubwo bwarohamaga. Kuri uyu wa Kane, tariki 26 Ukuboza 2024, nibwo byatangajwe ko abantu […]
Mozambique: Imfungwa 6000 zatorotse gereza irindwa cyane

Ku munsi wa Noheri, imfungwa nibura 6,000 zatorotse gereza iri mu murwa mukuru wa Mozambique nyuma y’ubwigomeke bwatewe n’imvururu n’urugomo bikomeje kwiyongera mu gihugu. Ibi byatangajwe n’umuyobozi wa polisi, Bernardino Rafael uvuga ko imfungwa 33 zapfuye abandi 15 barakomereka mu gihe zahanganaga n’inzego zishinzwe umutekano. Imfungwa zatorotse mu gihe cy’imyigaragambyo ikaze yangirikiyemo imodoka za polisi, […]
Koreya y’Epfo: Abadepite batoreye kweguza perezida w’agateganyo Han Duck-soo

Kuri uyu wa Gatanu, Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya y’Epfo yatoreye umwanzuro wo kweguza uwari wagizwe perezida w’agateganyo Han Duck-soo. Abadepite 192 bose batoreye ko bashyigikiye kweguza Han, akaba ari umubare uruta 151 w’abadepite baribakenewe kugira ngo itegeko ribe ryashyirwa mu bikorwa. Inteko yo muri Koreya y’Epfo yafashe iki cyemezo mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri […]
Ibikubiye mu mushinga wa miliyari 30 Frw wo kuzamura imijyi yunganira Kigali

Tariki ya 18 Ukuboza 2024, Guverinoma yashyize umukono ku masezerano y’inkunga ya miliyari 30 z’amafaranga y’u Rwanda na Banki y’Ubudage itsura amajyambere (KfW). Iyi nkunga ni iyo kwifashishwa mu mushinga wo guteza imbere imijyi yunganira Kigali binyuze mu bisubizo bishingiye ku bidukikije. Uyu mushinga wiswe “Green and Gender-Sensitive Public Spaces” biteganijwe ko uzashyirwa mu bikorwa […]
Kurwanya igwingira n’imirire mibi birashoboka- Guverineri Kayitesi

Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice avuga ko mu gihe ababyeyi bose bakwita ku nshingano zabo, kurwanya igwingira n’imirire mibi bishoboka mu ntara ayoboye. Guverineri Kayitesi avuga ko muri iyi ntara bari mu bukangurambaga bwo kwibutsa ababyeyi inshingano zabo kuko aribo bakwiye kugira uruhare rwa mbere mu kurwanya igwingira mu bana. Ati: “Mu turere tw’Intara y’Amajyepfo […]
Impanuka y’indege, Igitero cy’u Burusiya- bimwe mu byaranze Umunsi mukuru wa Noheli

Kuri uyu munsi mukuru wa Noheli, impanuka y’indege yabereye muri Kazakisitani, igitero cy’u Burusiya, imyigaragambyo muri Syria biri mu byawuranze hirya no hino ku isi. Muri Ukraine, u Burusiya bwaraye bugabye igitero gikomeye muri Ukraine mu gihe hari hitezwe agahenge k’iminsi mikuru. Perezida wa Ukraine Vlodimir Zelensky yagereranyije iki gitero nko kubura ubumuntu aho yagize […]
Mu Mafoto: Umunsi mukuru wa Noheli hirya no hino ku Isi

Hirya no hino ku isi, abantu barimo guhimbaza umunsi mukuru wa Noheli. Mu bihugu bikize, ibikennye, ibiri mu ntambara no mu bitekanye, amatara n’imitako bya Noheli byarimbishijwe ahantu hose. Uretse abagiye mu Misa n’andi materaniro, abantu b’ingeri zinyuranye barimo gusangira amafunguro n’ibinyobwa bateganyirije iminsi mikuru. Ibi byose biba byarateguwe mu gihe kirekire gusa imyiteguro itangira […]
Abakirisitu ba Paruwasi St. Andre Gitarama bahimbarije Noheli muri Kiliziya ivuguruye

Abakirisitu Gatolika bo muri Paruwasi yisunze Mutagatifu Andereya, i Gitarama muri Diyosezi ya Kabgayi, basabwe n’ibyishimo byo kuba besheje umuhigo wabo wo guturira Igitambo cya Misa y’umunsi mukuru wa Noheli muri Kiliziya imaze imyaka isaga ibiri iri kuvugururwa. Padiri Prof. Fidèle Dushimimana wayoboye iki gitambo cya Misa yashimiye abakiristu ndetse ashimira n’Imana yabashoboje kwitanga kugira […]
Kuvuga ko uhimbaza Noheli wibagiwe Umukene, ni ugupfobya Noheli-Musenyeri Sinayobye

Mu butumwa Umwepiskopi wa Diyosezi ya Cyangugu, Musenyeri Eduard Sinayoboye yageneye Abakristu muri iki gihe cy’iminsi mikuru, yongeye kwibutsa abayihimbaza kutibagirwa gusangira n’abakene. Ni ubutumwa bwashyizwe ahagaragara n’Ikinyamakuru cya Kiliziya Gatolika mu Rwanda ‘Kinyamateka’ aho Musenyeri Sinayobye avuga ko Yezu Kristu agaragarira mbere na Mbere mu baciye bugufi n’abadafite amikoro. Ati “Yezu Kristu aragutegereje ngo […]
