‘Light for the World’ na Nyampinga w’Ububiligi bashimye ubuvuzi bw’amaso i Kabgayi

Kuri uyu wa 11 Nzeri 2024 Ibitaro, intumwa z’umuryango nterankunga ukorera mu gihugu cy’Ububiligi ‘Light for the World Belgium’ na Nyampinga w’Ububiligi wa 2024 basoje uruzinduko bagiriraga mu Bitaro by’Amaso bya Kabgayi. Barangajwe imbere n’Umuyobozi wa ‘Light for the World Belgium’ Erwin Telemans na Nyampinga w’Ububiligi Kenza Johanna Ameloot, aba bashyitsi bagiriraga uruzinduko rw’iminsi itatu […]

Nyampinga w’Ububiligi yiteguye gutanga umusanzu mu kugarura ‘Miss Rwanda’

Nyampinga w’Ububiligi wa 2024, Kenza Johanna Ameloot yatangaje ko yiteguye gutanga umusanzu we kugira ngo Irushanwa ryo guhatanira kuba Nyampinga w’u Rwanda rigaruke. Ibi Nyampinga Ameloot yabitangarije ICK News mu kiganiro cyihariye cyo kuri uyu wa 11 Nzeri 2024. Uyu mukobwa ufite inkomoko mu Rwanda avuga ko Miss Rwanda yateje imbere abana b’abakobwa benshi bityo […]

Light for the World Belgium, Miss Belgium Bring Hope to Rwandan Children with Cataract

On Wednesday, September 11, 2024, a delegation from Light for the World Belgium, led by CEO Erwin Telemans and Miss Belgium 2024, Kenza Johanna Ameloot, visited the Kabgayi Eye Unit  situated in Muhanga District. Their three-day visit, from Monday to this Wednesday, focused on supporting children with eye diseases, particularly cataract, observing the treatments and […]

Muhanga: Youth Empowered by Innovative Hanga Hubs Project

In Muhanga district, young people are seizing the opportunity to transform their futures through the Hanga Hubs project, an initiative aimed at empowering youth to create innovative job opportunities, particularly in the tech sector. Participants are optimistic that the program will significantly advance their projects while opening doors to potential sponsors and collaborators. The Hanga […]

Muhanga: Urubyiruko rurishimira ubumenyi ruhabwa n’umushinga Hanga Hubs

Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Muhanga babonye amahirwe yo kwitabira amahugurwa atangwa binyuze mu mushinga Hanga Hubs ugamije gufasha ndetse no kwigisha urubyiruko guhanga imirimo irimo udushya, cyane cyane mu ikoranabuhanga, bavuga ko biteguye gukoresha ubumenyi bahawe mu guhanga imirimo yabateza imbere. Nkundiye Ildephonse, umwe mu bitabiriye aya mahugurwa avuga ko ari amahirwe […]

Kamonyi-Nyarubaka: Ivomero ryabo rimaze umwaka nta mazi

Abaturage bo mu Mudugudu wa Ruseke, Akagari ka Kambyeyi, Umurenge wa Nyarubaka ho mu karere ka Kamonyi, bavuga ko hashize umwaka wose ivomero rusange ryabo ritageramo amazi. Aba baturage bavuga ko babangamiwe no kuba badafite amazi nyamara barubakiwe ivomo ku buryo kuri ubu basigaye bajya kuvoma amazi mu birometero bigera kuri 2. Ibi bihamywa na […]

AFCON2025 Q: Amavubi yanganyirije na Nigeria i Kigali

Kuri uyu wa Kabiri,ikipe y’igihugu y’u Rwanda yanganyirije na Nigeria 0-0 kuri Stade Amahoro mu mukino w’umunsi wa kabiri w’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2025. Ni umukino witabiriwe na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame nyuma y’imyaka umunani atitabira imikino y’umupira w’amaguru kuko byaherukaga muri 2016 mu mikino ya CHAN yabereye mu Rwanda. Muri […]

Apple yamuritse ikoranabuhanga rizaba rigize iPhone 16, AirPods 4 na Apple Watch 10

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 9 Nzeri 2024, Uruganda rw’Abanyamerika rwa Apple ruzwiho gukora telefoni zigezweho n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga rwatangaje ikoranabuhanga rishya riri mu bikoresho bitegura gushyira hanze. Ibyo bikoresho ni telefoni ya iPhone 16, AirPods 4 na Apple Watch 10. Izi mpinduka mu ikoranabuhanga zigamije gukurura abakiriya benshi no gufasha abakiriya basanzwe bagura […]

Menya impamvu ukwiye kugira uruhare mu kubungabunga ibishanga

Mu myaka Itandukanye Leta y’u Rwanda yagiye yimura abaturage bari batuye mu bishanga hagamijwe ahanini kurengera ubuzima bwabo mu gihe cy’ibiza ndetse no gusigasira ibyo bishanga. Si abaturage gusa kuko hari n’ibikorwa binyuranye byagiye bikurwa mu bishanga kugira ngo bitunganywe neza hagamijwe kurengera ibidukikije no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere. Ibikorwa byose ngo ibishanga bibungabungwe, bigenwa n’Ingingo […]