Muhanga: Abagore barashima uruhare rwa Leta mu iterambere ryabo
Abagore bo mu Karere ka Muhanga barashima uruhare rwa Leta y’u Rwanda mu guha umugore ubwisanzure mu gihe cy’imyaka 30 ishize kuko ari kimwe mu byafashije umugore kwiteza imbere. Ibi byagarutsweho birori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore mu Karere ka Muhanga. Ni ibirori byabaye tariki ya 15 Werurwe 2024, bibera muri Sitade y’Akarere. Nk’umwe mu […]
