Afurika: Ubukene ku isonga mu bitera abana benshi kuva mu ishuri

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO) rivuga ko miliyoni 244 z’abana n’urubyiruko bari hagati y’imyaka 6 na 18 ku isi hose bavuye mu ishuri. Amashuri kandi agera ku bihumbi 14300 yarafunzwe mu bihugu 24 bya Afurika guhera muri Kamena 2024 nkuko bigaragazwa n’ikigo cy’Abanyanoroveji kita ku mpunzi (Norwegian Refugee Council). Bimwe mu […]

Australia: Abana bari munsi y’imyaka 16 bagiye gusezera imbuga nkoranyambaga

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, Minisitiri w’intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko guverinoma y’iki gihugu igiye gushyiraho amategeko abuza abana bari munsi y’imyaka 16 gukoresha  imbuga nkoranyambaga. Minisitiri Anthony asanga iyi gahunda bagiye gutangiza  biteze ko izagira umumaro mwinshi ku bana bityo ko bizeye ko mu minsi iri imbere ibi  bishobora kuba […]

Amatora muri Amerika: Jennifer Lopez mu bashyigikiye Kamala Harris, Elon Musk mu bashyigikiye Donald Trump

Mu gihe amatora y’umukuru w’igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika arimbanyije muri leta zitandukanye z’iki gihugu, ibyamamare mu ngeri zitandukanye zagiye zigaragaza uruhande zihagazeho. Bamwe bashyigikiye Kamala Harris uturuka mu ishyaka ry’abademokarate abandi bari ku ruhande rwa Donald Trump watanzwe n’ishyaka ry’abarepuburike. Ikibazo kibazwa ni ukumenya niba hari uruhare ibyamamare mu muziki, firimi, imikino […]

Leta y’Ubushinwa ihangayikishijwe n’abaturage batifuza kurongora no kubyara

Nubwo leta y’Ubushinwa ikomeje guteza imbere gahunda yo gushishikariza abaturage b’iki gihugu kubyara cyane, imibare yabashaka  gushyingiranwa muri iki gihugu yo ikomeje kugabanuka ku kigero gikomeye. Leta y’Ubushinwa ivuga ko ihangayikishijwe cyane n’igabanuka ryabifuza gushakana kuko bafite impungenge ko mu minsi iri imbere bizateza ibibazo birimo igabanuka ry’ubukungu bizaterwa  no kubura abakozi bazakora imirimo itandukanye […]