Nyuma y’imyaka hafi 20 cyubakwa, Angola yujuje ikibuga cy’indege kinini muri Afurika

Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga Dr. Antonio Agostinho Neto, kizwi kandi ku izina rya Novo Aeroporto Internacional de Luanda (NAIL), kimaze iminsi gitangiye kwakira ingendo mpuzamahanga zihuza Angola n’ibindi bihugu. Ni nyuma y’amezi hafi atanu cyakira ingendo z’imbere mu gihugu mu rwego rw’igerageza. Iki kibuga cy’indege gishya muri Afurika, kikaba ari cyo kinini ku mugabane wose, Angola […]

U Burusiya mu bikorwa byo kubabaza Ukraine kuko ikoresha impano za USA

Uburusiya bwiyemeje kwihorera nyuma yo kuvuga ko bwarashe misile umunani za ATACMS zakozwe na Amerika zarashwe na Ukraine mu gitondo cyo ku wa Gatandatu. Moscou ibona ikoreshwa rya misile nk’izi zifite intera igera ku birometero 300 (kilometero 186), nk’izamuka rikomeye. Minisiteri y’ingabo Muburusiya yavuze ko uretse guhanura izi misile, hanangijwe indege zitagira abapilote 72 (UAV). […]

Icyifuzo cya Papa Fransisiko muri Mutarama 2025

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko arifuza ko buri wese agira uburenganzira bwo kwiga. Ibi ibigize isengesho rye ryo muri Mutarama 2025.  Mu mashusho yashyizwe hanze tariki ya 2 Mutarama 2025, Papa Fransisiko yagize ati “Ubu turi mu gihe cy’ibyago ku burezi. Ibi si ugukabya. Kubera intambara, ubuhunzi, n’ubukene, abana bagera kuri miliyoni […]

HMPV: Ibyo wamenya kuri Virusi ikomeje gukwirakwira mu Bushinwa

Hirya no hino mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, hakomeje kuvugwa ikwirakwira ry’ubwandu bw’igisa nibicurane kizwi nka Human Metapneumovirus (HMPV) mu Bushinwa, gusa inzego z’ubuyobozi ntizirabyemeza. Raporo zitangwa n’Ikigo cy’Ubushinwa gishinzwe Kurwanya no Gukumira Indwara (Chinese CDC) zerekana ko ibipimo by’indwara nyinshi zifite ibimenyetso nk’iby’ibicurane byazamutse mu Bushinwa, hashingiwe ku makuru yari ahari kugeza mu […]

Weekend y’Imikino: APR FC na Rayon Sports zatsinze

Mu mukino w’Ikirarane cy’umunsi wa karindwi wa Shampiyona y’u Rwanda, Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’ u Rwanda (APR FC) yatsinze Musanze FC igitego 1-0. Uyu mukino utarakinwe kubera ko APR FC yari mu mikino ya CAF Champions League wabereye ku kibuga cya Musanze (Ubworoherane) kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 04 Mutarama 2025. APR FC yatangiye […]

Abarezi bakeneye kumenya inyandiko y’abafite ubumuga bwo kutabona-NUDOR  

Uyu munsi tariki 4 Mutarama 2025, Isi yazirikanye umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku nyandiko yifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona. Ni inyandiko izwi nka ‘Braille’. Mu bihugu byinshi n’u Rwanda rurimo, uburezi budaheza bukomeje gushyigikirwa aho buri wese ahabwa uburengangira bwo kwiga nk’abandi hatitawe ku bumuga afite kuko mu cyongereza hari imvugo igira iti ‘Disability is […]

Kamonyi: Imibiri 362 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yashyinguwe mu cyubabahiro

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 04 Mutarama 2025, ku Rwibutso rw’Akarere ka Kamonyi ruherereye ahitwa mu Kibuza, mu Murenge wa Gacurabwenge habereye igikorwa cyo gushyingura mu cyubahiro imibiri 362 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi mibiri yari iruhukiye mu Murenge wa Musambira, ni imibiri yakuwe hirya no hino mu zahoze ari ko mine […]

Umuntu wari ukuze kuruta abandi ku isi yapfuye

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 4 Mutarama 2025, nibwo byatangajwe ko Umuyapanikazi wari ukuze kuruta abantu bose bari ku isi, Tomiko Itooka, yapfuye afite imyaka 116. Itooka, wari ufite abana bane n’abuzukuru batanu, yapfuye ku itariki ya 29 Ukuboza mu rugo rutuzwamo abageze mu zabukuru, aho yari atuye kuva mu 2019. Itooka wavutse ku […]

Dr. Nsanzimana yagaragaje impamvu z’ubwiyongere bwa Malariya mu Rwanda

Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Nsanzimana Sabin avuga ko mu mezi ashize hagaragaye ubwiyongere bw’indwara ya Malaria mu Rwanda, by’umwihariko mu turere twa Gasabo, Kicukiro, Bugesera, Gisagara na Nyamagabe. Dr. Nsansimana yatangaje ibi kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 4 Mutarama 2024, aho avuga ko ubwiyongere bwa Maraliya bushingiye ku mpamvu eshatu z’ingenzi. Kubera kwirukanwa […]

Umwanzuro ku rubanza rwa Trump uzasomwa mbere y’irahira

Ikirego cya Perezida watowe Donald Trump cyo gutesha agaciro icyaha yahamijwe mu rubanza rwabereye i New York ku bijyanye n’amafaranga ataraciye mu mucyo, cyateshejwe agaciro kuri uyu wa Gatanu. Umucamanza Juan Merchan yanze icyifuzo cya Trump cyo gutesha agaciro umwanzuro w’urukiko ushingiye ku cyemezo cya Perezida cyafashwe n’Urukiko rw’Ikirenga ku bijyanye n’ubudahangarwa bwa perezida. Umwanzuro […]