Menya ibigenerwa Abayobozi batanu bakuru mu Rwanda

Benshi mu bantu bakunze kwibaza ibibazo binyuranye ku bijyanye n’umushahara ndetse n’ibindi bigenerwa abayobozi bakuru. Rimwe na rimwe hari igihe babona igisubizo cyangwa kikabura. Gusa, Iteka rya perezida wa Repubulika y’u Rwanda Nimero 004/01 ryo ku wa 16 Gashyantare 2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki bakuru b’igihugu n’uburyo bitangwa, risubiza ibyo bibazo ku muntu […]
Menya Yahya Sinwar, umuyobozi mushya wa Hamas

Ku wa 06 Kanama 2024, nibwo Hamas yatangaje ko yahisemo Yahya Sinwar, kuba umuyobozi wayo mu bya politiki. Gutorwa kwa Sinwar byakurikiye iyicwa rya Ismail Haniyeh ryabereye i Tehran ku wa 31 Nyakanga 2024, nk’uko byanemejwe na Hamas ubwayo. Sinwar, ufite imyaka 61, afatwa na Israel nk’uwari inyuma y’igitero cyagabwe na Hamas mu Majyepfo ya […]
Bangladesh: Nyuma y’iyegura rya Minisitiri w’Intebe, Inteko nayo yasheshwe

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 07 Kanama 2024 Perezida wa Bangladesh, Mohammed Shahabuddin yasheshe Inteko Ishinga Amategeko yari igizwe n’abantu 350. Iyi nteko yasheshwe mu rwego rwo gutegura andi matora yo gusimbura Minisitiri w’Intebe Sheikh Hasina Wazed uherutse kwegura kubera igitutu cy’imyigaragambyo. Nyuma y’iyegura rya Minisitiri w’Intebe ndetse n’iseswa ry’iyi nteko, agahenge n’ituze bisa n’ibyagarutse […]
Kuva muri ECOWAS kwa Mali biteje ibibazo abaturage bayo baba muri Côte d’Ivoire

Itsinda ry’Abanya-Mali baba muri Côte d’Ivoire ryateraniye i Abidjan kuri iki cyumweru cy’italiki 04 Kanama 2024 kugira ngo bagaragaze ko batemera gahunda ya Mali yo kuva mu muryango w’Ubukungu w’Ibihugu by’Afurika y’Uburengerazuba (ECOWAS) mu kwezi kwa Mutarama 2025. Abanya-Mali bagera kuri miliyoni eshatu baba kandi bakorera muri Côte d’Ivoire bahangayikishijwe n’ahazaza habo mu gihe icyemezo […]
Bangladesh: Minisitiri w’intebe Sheihk Hasina yeguye

Nyuma y’uko mu gihugu cya Bangladesh mu murwa mukuru Dhaka hatangiye imyiragambyo yatangijwe n’abanyeshuri bo muri kaminuza ya Dhakar basaba Minisitiri w’intebe ko yakwegura, kuri uyu wa 5 Kanama 2024 Minisitiri w’intebe wa Bangladesh, Sheihk Hasina, yamaze kwegura. Sheihk Hasina Yeguye kubera ko abigaragambya bari bamaze gutera urugo rwe kandi bari benshi cyane ku buryo […]
Nigeria: Perezida aratangaza ko Guverinoma yiteguye kuganira n’abigaragambya

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu, yasabye ko imyigaragambyo rusange yamagana ibibazo by’ubukungu yahagarara, avuga ko guverinoma ye yiteguye kuganira n’abaturage kugira ngo bashake umuti wicyo kibazo. Ibi yabitangaje ejo tariki 4 Kanama 2024, ubwo yari mu kiganiro kuri televiziyo y’igihugu. Ati “Abaturage banjye, cyane cyane urubyiruko, ndabumva neza ndumva ububabare n’umujinya ubatera gukora iyi myigaragambyo, […]
Bangladesh: Abarenga 80 bamaze gusiga ubuzima mu myigaragambyo

Abantu 80 bamaze gusiga ubuzima bwabo mu myigaragambyo iri kubera muri Bangladesh mu gihe abagera kuri 200 bamaze kuyikomerekeramo. Uretse abaturage bamaze kugwa muri iyi myigaragambyo, abapolisi 13 nabo bamaze guhitanwa n’abigaragambya bateye sitasiyo ya polisi mu mu Karere ka Sirajganj. Urugomo ruri guterwa n’iyi myigaragambyo rwatumye mu gihugu bashyiraho amasaha yo gutaha ndetse […]
Ikibazo cy’inzara cyateje imyigaragambyo ikaze yaguyemo abantu 13 muri Nigeria

Abantu 13 baguye mu myigaragambyo ikaze yabaye muri Nigeria kuri uyu wa kane taliki ya 01 Kamena 2024 yo kwamagana ikibazo cy’ubukungu bwifashe nabi muri iki gihugu. Ibi bikaba byabaye mu turere twinshi tw’igihugu, nk’uko byatangajwe n’itsinda ry’uburenganzira bwa muntu kuri uyu wa gatanu. Umuyobozi wa Amnesty International muri Nigeria, Isa Sanusi, mu kiganiro n’abanyamakuru […]
Isiraheli yigambye kwica umuyobozi wa Hamas mu bya gisirikari

Igisirikari cya Leta ya Isiraheli cyatangaje ko muri Nyakanga cyishe umuyobozi w’Umutwe wa Hamas mu bya gisirikari, Mohammed Deif. Iby’urupfu rw’uyu muyobozi byatangajwe kuri uyu wa Kane, tariki ya 1 Kanama 2024, aho bivugwa ko yaguye mu bitero by’indege Isiraheli yagabye mu Ntaray a Gaza. Bitangajwe kandi nyuma y’umunsi umwe umuyobozi wa Hamas mu bya […]
Isiraheli na Hezbollah ntibavuga rumwe ku rupfu rwa Fuad Shukr

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 31 Nyakanga 2024, Israel yatangaje ko yivuganye umujyanama w’umuyobozi w’umutwe wa Hezbollah, Fuad Shukr, mu gitero cyagabwe I Beirut muri Libani. Israheli ivuga ko iki gitero cyakozwe mu rwego rwo kwihorera kubera igitero cy’ibisasu cyagabwe muri Israheli mu Karere ka Golan Heights. Ni igitero bivugwa ko cyagabwe na Hezbollah […]
