Papa Fransisiko yihanganishije abatuye i Los Angeles

Papa Fransisiko yagaragaje ko ababajwe n’ibyabaye ku baturage ba Los Angeles bibasiwe n’inkongi y’umuriro ikaze ku buryo imaze guhitana abantu 11, yangiza amazu n’insengero harimo na Kiliziya y’amateka ya Corpus Christi. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umunyamabanga wa Leta wa Vatikani, Kardinali Pietro Parolin, Papa yavuze ko “ababajwe cyane n’igihombo cy’ubuzima hamwe n’isenyuka rikomeye” byatewe n’inkongi […]
Perezida Biden yahamijeko iyo yiyamamaza aba yaratsinze Trump

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu ‘White House’, Perezida ucyuye igihe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko yari kuba yaratsinze Donald Trump mu matora rusange aherutse kuba mu Ugushyingo 2024. Biden yasubije ibi nyuma ko kubazwa niba yicuza kuba atariyamamaje mu matora aherutse kuba muri Amerika. Umunyamakuru yagize ati […]
Trump arateganya guhura na Putin

Kuri uyu wa Kane nibwo Donald Trump witegura kurahirira inshingano zo kuyobora Leta Z’unze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko we na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin bafite ubushake bwo guhura. Kimwe mu bigomba kuba biri ku murongo w’ibyigwa mu biganiro bishobora guhuza aba bategetsi bombi, ni uburyo bwo gushyira hamwe mu gushyira iherezo ku ntambara imaze imyaka […]
Perezida Kagame yashyize umucyo ku kibazo cy’abatinda guhabwa ingurane

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, avuga ko bidakwiye ko hari abaturage bimurwa mu buryo butanyuze mu mucyo ku buryo hari n’abariganywa imitungo yabo. Perezida Kagame yavuze muri ibi kuri uyu wa Kane, tariki ya 9 Mutarama 2025 ubwo yari mu Kiganiro n’abanyamakuru. Perezida Kagame avuga ko iby’abaturage bimurwa mu buryo butari bwo bizwi […]
Impinduka ntiziraba-Perezida Kagame

Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko impinduka zikunze gukorwa muri guverinoma ziba zigamije kuganisha igihugu ku muvuduko wifuzwa. Ibi yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye uyu munsi tariki ya 9 Mutarama 2025, ubwo yari abajijwe n’umunyamakuru wa Radio/TV10 ku mpamvu ituma hari abayobozi bakurwa mu mirimo bataramara kabiri cyane ko kuva muri Kanama […]
U Budage n’u Bufaransa byaburiye Trump ushaka kwigarurira ibihugu birimo Canada

U budage n’u Bufaransa byihanangirije Donald Trump kwirinda kugerageza “kwigarurira Greenland ku ngufu” nyuma y’aho Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuze ko yiteguye gukoresha ibihano by’ubukungu cyangwa imbaraga za gisirikare kugira ngo afate iki kirwa kiyoborwa na Danemark. Mu itangazo ryatambukijwe kuri televiziyo, umuyobozi (chancelier) w’u Budage, Olaf Scholz, yavuze ko amagambo […]
Amerika irashinja umutwe wa RSF gukora Jenoside muri Sudani

Umutwe w’itwara gisirikare wa RSF urashinjwa gukora ibikorwa by’urugomo no kwica abantu hashingiwe ku moko yabo, ndetse no gukora ihohoterwa rikomeye ku bagore n’abana Ibi byatangajwe n’umunyamabanga wa Leta muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Antony Blinken, kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Mutarama 2025. Brinken yavuze ko umuyobozi w’uyu mutwe Mohamed Hamdan Dagalo uzwi […]
Trump arifuza ko Canada, Greenland n’Umuyoboro wa Panama bitegekwa na USA

Perezida uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika, Bwana Donald Trump ashikamye ku cyifuzo cye cy’uko Amerika yakwigarurira Greenland n’Umuyoboro wa Panama, kuko ngo asanga ibi bihugu byombi ari ngombwa ku mutekano w’igihugu cya Amerika. Ibi Trump yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru cyabereye mu rugo rwe rwa Mar-a-Lago muri Florida. Trump yabajijwe niba azareka […]
Perezida Macron yashinjwe ‘agasuzuguro’ mu magambo yavuze kuri Afurika

Ku wa Mbere, tariki ya 6 Mutarama 2025, ubwo yakiraga abahagarariye u Bufaransa hirya no hino ku isi, Perezida Emmanuel Macron yavuze ko ibihugu byo muri Sahel “byibagiwe” gushimira u Bufaransa ku ruhare rwabwo mu kurinda aka gace inyeshyamba z’abajihadisiti. Macron yagize ati “Twari dufite impamvu yo kohereza ingabo. Ntekereza ko hari uwibagiwe kuvuga ‘murakoze’. […]
Trudeau yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe wa Canada

Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Trudeau yamaze gutangaza ubwegure bwe ku mwanya amazeho imyaka ikabakaba 10. Yatangarije itangazamakuru ko yabanje mbere na mbere kwegura nk’umuyobozi w’ishyaka ry’aba Liberals riri ku butegetsi hanyuma akazegura nka Minisitiri w’Intebe. Icyakora ngo azakomeza kuba Minisitiri w’Intebe kugeza ubwo hazaboneka undi Minisitiri w’Intebe uzayobora igihugu.Trudeau, wagizwe umuyobozi w’Ishyaka rya Liberal […]
