Opinion: Rural Women, the Backbone of Agrifood Systems

As the world celebrates the International Day of Rural Women 2024, it is an opportune moment to recognize and reflect on their invaluable contributions to agrifood systems. Often working in challenging conditions, rural women are the unsung heroes whose labor sustains families, communities, and entire nations by ensuring the availability of nutritious food. Their dedication […]
Rayon Sports yatsinze Bugesera ifata umwanya wa mbere

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Bugesera FC ibitego 2-0, ihita ifata umwanya wa mbere muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Ni mu umukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona wabereye kuri Kigali Pèle Stadium saa 15:00, witabiriwa n’abafana benshi cyane ko hari hashize igihe Shampiyona idakinwa. Umukino watangiye harimo guhangana ku mpande zombi gusa ntibyaje […]
Nyabihu-Shyira: Bamwe mu baturage baracyari mu manegeka

Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Shyira ho mu Karere ka Nyabihu barasaba ubuyobozi kubarwanaho bakimuka kuko iteka bahora batewe impungenge n’ibihe by’imvura. Shyira ni umwe mu mirenge ya Nyabihu wakunze gushegeshwa cyane n’ibiza bitewe n’imiterere y’uyu murenge aho usanga aho ibikorwa bitangijwe n’inkangu kubera imisozi miremire, byangizwa n’amazi y’Umugezi wa Mukungwa mu gihe […]
Bugesera: Barinubira ikibazo cy’umuriro utagifite imbaraga

Bamwe mu batuye mu Murenge wa Mayange ho mu Karere ka Bugesera barasaba ubuyobozi kubafasha gushakira umuti ikibazo cy’umuriro utagifite imbaraga no kuba ugenda bya hato na hato. Aba baturage batangiye guhabwa uyu muriro muri 2014, bavuga ko uko imyaka yagiye ishira ariko bamwe muri bo gucana no gukora ibikorwa by’iterambere bifashishije uyu muriro byagiye […]
President Kagame Presides Over the Swearing-in of New Leaders

On October 19, 2024, President Paul Kagame officiated the swearing-in ceremony of newly appointed leaders, including two ministers who were recently introduced to the Rwandan government, following decisions made by the Cabinet on October 18, 2024. The new appointees include Dr. Patrice Mugenzi, who has taken over as Minister of Local Government, replacing Jean Claude […]
U Rwanda mu nzira yo gutsinda icyorezo cya Marburg

Imibare itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima iragaragaza ko u Rwanda ruri gutera intambwe nziza muri uru rugendo rwo guhashya icyorezo cya Marburg. Imibare yatangajwe kuva iki Cyumweru cyatangira, igaragaza ko abanduye, abari kuvurwa ndetse n’abapfa igenda igabanuka ku kigero gishimishije. Kuva kuwa mbere tariki 14 Ukwakira 2024 kugera ku wa 18 Ukwakira 2024, hamenyekanye umuntu umwe […]
Gukuramo inda no gufata ku ngufu: Ibyaha byiganje mu bahawe imbabazi na Perezida Kagame

Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame yaraye ahaye imbabazi abagororwa 32 bari barakatiwe ibihano bitandukanye. Urutonde rw’abahawe imbabazi ruri mu iteka rya Perezida ryasohotse ku wa 18 Ukwakira 2024. Abahawe imbazi biganjemo urubyiruko ruri hagati y’imyaka 18 na 34. Icyakora igororero ry’abana rya Nyagatare rifite hafi kimwe cya gatatu cy’abarekuwe bose. Mu bafunguwe muri […]
Amakimbirane hagati ya Misiri na Ethiopia akomeje gufata indi ntera

Umwuka mubi hagati ya Ethipia na Misiri ukomeje kugenda uba mubi uko bwije uko bukeye ahanini kubera ikibazo cy’urugomero Ethiopia ikomeje kubaka ku ruzi rwa Nili. Ikibazo hagati ya Misiri na Ethiopia gishingiye ku rugomero rwa Grand Ethiopian Renaissance Dam rwubatswe na Ethiopia ku Ruzi rwa Nili aho Misiri iyishinja gushaka kwikubira uburenganzira kuri […]
Bamporiki na CG (Rtd) Gasana mu bahawe imbabazi na Perezida Kagame

Iteka rya Perezida Nomero 075/01 ryo ku wa 18/10/2024 ritanga imbabazi ryatanze imbabazi ku bagororwa 32 barimo uwahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Urubyiruko, Bamporiki Edouard n’uwahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba CG(Rtd) Gasana Emmanuel. Iri teka ryasohotse mu Igazeti ya Leta idasanzwe yo ku wa 18/10/2024 riteganya abahawe imbabazi bagomba kwiyereka Umushinjacyaha wo ku […]
Inkuru z’ibinyoma: Intandaro z’intambara muri Afurika

Ikigo Nyafurika gishinzwe ubushakashatsi (ACSS) cyagaragaje isano iri hagati yo gutiza umurindi inkuru zibinyoma n’ubwiyongere bw’ibikorwa by’ihohotera, gushyigikira ihirikwa ry’ubutegetsi, kwagura imvugo yo kurwanya ibihugu byo mu burengerazuba no gukwirakwiza urujijo ku bijyanye n’ubuvuzi. Iki kigo kivuga ko izi nkuru ziba zinagamije kugabanya icyizere ibitangazamakuru byo muri Afurika bifitiwe. Hafi ya 60% by’ubukangurambaga bw’inkuru z’ibihuha […]
