Koreya y’Epfo: Leta yashyizeho miliyoni 327 z’amadolari yo gufasha abafite ikibazo cyo kwigunga

Buri mwaka , ibihumbi by’Abanyakoreya y’Epfo cyane cyane abagabo bari mu kiciro cyo hagati mu bukungu bapfa bucece ntawe bari kumwe, akenshi bifata iminsi kugira ngo imibiri yabo iboneke. Ibi nibyo muri iki gihugu bise “godoksa” (urupfu rwa wenyine “), abahanga bavuga ko ibi biterwa n’ukuntu abantu benshi bakomeje guhitamo kwigunga aho kuba bari kumwe […]
Turikiya: 4 bamaze guhitanwa n’igitero cy’iterabwoba

Abantu bane bishwe abandi 14 barakomereka mu gitero cy’iterabwoba cyagabwe ahakorera icyicaro gikuru cy’ikigo cya Turikiya gikora ibyubwirinzi bwo mu kirere, TUSAS hafi y’umurwa mukuru Ankara, nk’uko minisitiri w’umutekano imbere mu gihugu yabitangaje. Ibitangazamakuru byo muri icyo gihugu byatangaje ko urusaku rw’amasasu menshi rwumvikanye nyuma yuko abashinzwe umutekano muri Turkiya binjiye muri icyo cyigo. “Twagize […]
Menya ibyaranze ubuzima bwa Perezida Kagame wujuje imyaka 67

None tariki ya 23 Ukwakira 2024 ni umunsi w’ingenzi kuri Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, wizihiza isabukuru y’imyaka 67. Isabukuru ya Perezida Kagame ibaye mu gihe ari muri Samoa aho yitabiriye inama ihuza abakuru b’ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza (Commonwealth), aho itsinda ry’Abajyanye nawe ryafashe umwanya wo kwimwifuriza isabukuru nziza. Uretse abajyanye nawe, Abanyarwanda banyuranye babinyujije […]
2023-2024: Inyongera ya miliyoni 200$ ku byo NAEB yohereje mu mahanga

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga (NAEB) kiratangaza ko cyinjije arenga miliyoni 857 z’amadorali ya Amerika akomotse ku bihingwa ndetse n’ibikomoka ku matungo byoherejwe mu mahanga mu mwaka wa 2022/2023. Ibi byatangarijwe mu Nteko Ishinga Amategeko tariki ya 22 Ukwakira 2024 ubwo hamurikwaga Raporo y’Umuvunyi mukuru y’ibikorwa byakozwe mu mwaka wa 2023/2024 n’Ibiteganyijwe […]
Afurika: Asima ikomeje kwiyongera mu rubyiruko

Ubushakashatsi bwakozwe na kaminuza ya Queen Mary y’i Londres mu Bwongereza bwerekanye ko gukura kw’imijyi n’ubwiyongere bw’abaturage muri Afurika byongereye ikwirakwira ry’indwara ya Asima mu rubyiruko. Icyakora kutisuzumisha no kutayitaho byo byatumye urubyiruko rwinshi rufite ibimenyetso byiyi ndwara bidakurikiranwa. Ubu bushakashatsi bwasohotse mu kinyamakuru Lancet Child and Adolescent Health bwakorewe ku banyeshuri ibihumbi 27,000 baturuka […]
Perezida Paul Biya yagarutse muri Cameroon nyuma y’ibihuha ku buzima bwe

Perezida Paul Barthélemy Biya’a bi Mvondo w’Igihugu cya Cameroon yagarutse mu murwa mukuru Yaoundé, kuri uyu wa Mbere nyuma y’ibyumweru byinshi yari amaze hanze y’igihugu, bikuraho ibihuha byari byacicikanye ku buzima bwe aho bamwe banavuze ko ashobora kuba atakiri mu isi y’abazima. Nyuma y’ibyumweru bitandatu atagaragara mu ruhame, uyu mukambwe w’imyaka 91, yagarutse mu gihugu […]
Australia: Umwami Charles III yavugirijwe induru

Kuri uyu wa 21 Ukwakira 2024, Umwami w’Ubwongereza Charles III yavugirijwe induru n’umwe mu basenateri ba Australia. Nk’uko bitangazwa na BBC, Lidia Thorpe, umwe mu bagize itsinda ry’abenegihugu kavukire ba Australia yateje igisa n’akaduruvayo ubwo yateraga hejuru avuga ko atari mu bo Umwami Charles III ahagarariye. yagize ati “Nturi Umwami wanjye.” Iki gisa n’imyigaragambyo cyabaye […]
Patel Karan yegukanye Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024

Patel Karan ukomoka mu gihugu cya Kenya ukinana na Khan Tauseef,yegukanye Irushanwa ryo gusinganwa ku modoka rizwi nka Mountain Gorilla (2024) akoresheje isaha imwe, iminota 25 n’amasegonda 43 ku ntera y’ibilometero 97.8. Iri rushanwa ryitabiriwe n’abayobozi batandukanye barimo Minisitiri Richard Nyirishema, Mutabazi Richard wagize uruhare mu iyubakwa ry’iyi mihanda ndetse na Gakwaya Christian ukuriye ishyirahamwe […]
ICK: Abanyeshuri beretswe amahirwe ari mu kwiga amasomo ya CPA na CAT

Kuri uyu wa gatandatu, taliki ya 19 Ukwakira 2024, abanyeshuri biga icungamutungo n’ibaruramari mu ishuri rikuru gatorika rya Kabgayi, ICK bakanguriwe kwiga amasobomo y’igihe gito azwi nka CPA na CAT kugirango barusheko gutyaza ubumenyi bafite bityo bazabashe kuvamo abanyamwuga bakenewe ku isoko ry’umurimo. Ibi babikanguriwe n’ikigo cya Leta kigenzura umwuga w’ibaruramari mu Rwanda,ICPAR, mu nama […]
Rayon Sports yatsinze Bugesera ifata umwanya wa mbere

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Bugesera FC ibitego 2-0, ihita ifata umwanya wa mbere muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Ni mu umukino w’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona wabereye kuri Kigali Pèle Stadium saa 15:00, witabiriwa n’abafana benshi cyane ko hari hashize igihe Shampiyona idakinwa. Umukino watangiye harimo guhangana ku mpande zombi gusa ntibyaje […]
