Perezida Biden yahisemo kutongera guhatanira kuyobora Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden yatangaje ko ataziyamamariza kongera kuyobora iki gihugu mu matora ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka. Perezida Biden afashe uyu mwanzuro nyuma y’aho benshi mu banyamuryango b’ishyaka ry’Abademokarate bamusabye gutongera kwiyamamariza indi manda kubera ikibazo cy’intege nke. Mu basabye Perezida Biden kutiyamamaza harimo n’uwabaye Perezida wa Amerika, Barack Obama. […]
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje by’agateganyo ibyavuye mu matora

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 18 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatorayatangaje k’uburyo bw’agateganyo ibyavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ayabadepite yabaye taliki ya 14,15 na 16 Nyakanga 2024. Ibyavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika agaragazako Paul Kagame ari imbere kurusha abandi aho yatowe n’abaturage 8,822,794 bangana na 99.18%, Habineza […]
Umugore w’umugabo wishwe n’amasasu yarashwe Trump yanze kuvugana na Perezida Biden

Helen Comperatore ufite umugabo waguye aharasiwe Trump yanze kuvugana na Perezida wa Leta zunze ubwumwe za Amerika, Joe Biden kuri telefoni. Perezida Biden yagerageje guhamagara umuryango w’umugabo wishwe n’amasasu yarashwe Trump ubwo yarimo yiyamamariza muri Pennsylvania, ariko umugore w’uwo mugabo yanga kwitaba Perezida w’igihugu Joe Biden. Corey Comperatore, w’imyaka 50 yapfuye ku wa 13 Nyakanya […]
Amerika: Trump yatangaje J.D. Vance nk’umukandida ku mwanya wa visi perezida

Donald Trump yatangaje Senateri, J.D. Vance, wahoze amunenga ndetse akamwita Hitler wa Amerika nk’umukandida umwungirije mu matora azaba mu Ugushyingo 2024. Iki cyemezo cyemejwe n’abadepite ba Republican National Convention (RNC) i Milwaukee, Wisconsin ku wa 15 Nyakanga 2024. Vance, w’imyaka 39 yize muri kaminuza Yale akaba ari n’umushoramari mu by’ubucuruzi, yabonye izina rikomeye binyuze mu […]
Kenya: Ukekwaho ubwicanyi ruharwa yemeye ko yishe abagore 42 mu myaka ibiri

Polisi yo muri Kenya iratangaza ko Collins Jumaisi Khalusha ukekwaho ubwicanyi ruharwa yiyemerera ubwe ko yishe abagore 42 mu gihe cy’imyaka ibiri ishize. Mu bagore 42 Collins Jumaisi Khalusha yemera ko yishe, hamaze kuboneka imibiri icyenda gusa. Nk’uko bitangazwa n’Umuyobozi mukuru w’ubugenzacyaha muri Kenya, Mohamed Amin, Uyu Khalusha yatawe muri yombi i Soweto, mu burasirazuba […]
Amatora2024: Paul Kagame ari imbere n’amajwi 99%

Komisiyo y’Igihugu yAmatora iratangaza ko Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame ariwe uri imbere mu majwi amaze kubarurwa kuko afite 99.15% by’amajwi amaze kubarurwa. Paul Kagame ku mwanya w’umukuru w’Igihugu akurikiwe na Dr. Frank Habineza w’Ishyaka riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije ufite 0.53% mu gihe ku mwanya wa gatatu hari Bwana Philippe Mpayimana ufite amajwi […]
Impamvu yatumye abatarabashije kwiyimura bemererwa gutorera aho bari

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu Rwanda (NEC) yatangaje ko impamvu bahisemo kwemerera buri wese gutorera ahamwegereye ari uko basanze ikibazo cy’Abanyarwanda batabashije kwiyimura kuri lisiti y’itora ari rusange kuri site zinyuranye hirya no hino mu gihugu. Ibi byatangajwe na Visi Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Mutimucyeye Nicole uvuga ko amatora akimara gutangira, saa 7:00AM aribwo […]
15:30′ Amatora2024: Amasaha yo gutora yongerewe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nyakanga 2024, Abanyarwanda batuye imbere mu gihugu bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite. Aya matora yatangiye saa Moya za mu gitondo mu gihugu hose nk’uko byateganyijwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ndetse byari biteganyijwe ko asozwa saa cyenda. Bitewe n’ubwinshi by’abatora ku buryo saa cyenda zageze […]
Amatora2024: Ibyishimo, Ubwitabire n’Ibyifuzo by’Abanyarwanda baba mu mahanga

Mu gihe Abanyarwanda baba mu bihugu by’amahanga baramukiye mu matora, bamwe mu batuye muri Leta zunze Ubumwe za Amerika barifuza ko mu matora y’Ubutaha hazakoreshwa ikoranabuhanga kugira ngo bose babashe gutora. Ni nyuma y’uko bamwe mu batuye muri Leta zunze ubumwe za Amerika batangarije ko hari abatuye kure batabasha kugera ku biro by’itora mu buryo […]
Amatora2024: Umusanzu w’urubyiruko rw’abakorerabushake mu bikorwa bijyanye n’amatora

Mu gihe habura iminsi mike ngo amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite abe, urubyiruko rw’abakorerabushake ‘youth volunteers’ rukomeje kugaragaza umusanzu mu bikorwa byose bijyanye n’amatora. Bimwe muri ibyo bikorwa birimo ibyo kwiyamamaza bimaze iminsi biri kuba kuva tariki 22 Kamena 2024, aho biteganyijwe ko bizarangira tariki ya 13 Nyakanga 2024. Mu bikorwa byo kwiyamamaza ku bakandika banyuranye, […]
