UNICEF yatangaje ko miliyoni 370 z’abagore n’abakobwa bakorewe ihohoterwa

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) riratangaza ko abagore n’abakobwa barenga miliyoni 370 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakiri bato. Ibi byatangarijwe na UNICEF i New York muri Leta zunze Ubumwe za Amerika tariki ya 10 Ukwakira 2024. Ni mu bushakashatsi bwakorewe mu bihugu 120 kuva muri 2010 kugeza 2022. UNICEF ivuga ko 1 […]

OMS irasaba ibihugu kutihutira gukumira ingendo z’abava n’abajya mu Rwanda

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rirasaba ibihugu binyuranye kutihutira gushyiraho ingamba zo gukumira ingendo cyangwa ubucuruzi nyambukiranyamipaka bikorerwa mu Rwanda ngo kuko “atari ngombwa cyane mu guhangana n’icyorezo cya Marburg. Nyuma y’aho iki cyorezo kigaragariye mu Rwanda, ibihugu bimwe na bimwe byashyizeho ingamba zinyuranye zirimo no gusaba abantu kuba birinze kujya mu Rwanda. Hashingiwe ku isuzuma ry’ingaruka, […]

Discover the Unique Features of the Upcoming ‘Ibweranganzo 2024’ Concert

In just a few days, the renowned Christus Regnat Choir will once again serenade its audience in the highly anticipated annual concert ‘Ibweranganzo 2024.’ This much-awaited event is scheduled for November 3, 2024, and will take place at Lemigo Hotel. This marks the second edition of the concert, where Christus Regnat Choir will deliver an […]

Ibyaranze Iterambere ry’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi

Hashize imyaka irenga 30, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi bishinzwe. Ni ibitaro byashinzwe mu mwaka w’ 1993 mbere gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Igitekerezo cyo gushyiraho ibi bitaro cyaje nyuma y’uko Minisiteri y’ubuzima , Umuryango wa Christian  Blind Mission  ndetse  na Diyosezi ya Kabgayi basanze hari abaturage batuye mu Ntara y’amajyepfo batabashaga kubona ubuvuzi […]

Kwandikisha ikaramu, umuti w’ubwonko

Ibuka igihe uherukira kwandika ibintu bike nk’urutonde rw’ibyo ushaka kugura cyangwa se ibyo uri bukore. Birashoboka cyane ko utabyanditse n’ikaramu ku rupapuro. Mu myaka icumi ishize, kwandika hifashishijwe ikoranabuhanga byahindutse uburyo busanzwe bwo kwandika mu buzima bwa buri munsi, kuva mu mashuri kugera no mu nama z’akazi. Amwe mu mashuri ku isi yose yo yamaze […]

How Partners Transformed the Kabgayi Eye Unit into an Outstanding Facility

The Kabgayi Eye Unit, founded in 1993, emerged from a critical need to address eye diseases, particularly in rural communities in Rwanda. Established by the Catholic Diocese of Kabgayi in collaboration with Christian Blind Mission and the Ministry of Health, the unit aimed to tackle a neglected health issue just one year before the devastating […]

Basketball: REG W BBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona

Ikipe y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amashanyarazi (REG) mu bagore yegukanye Igikombe cya Shampiyona itsinze APR W BBC imikino 4-0 mu mukino ya kamarampaka. Ni Igikombe yegukanye nyuma yo gutsinda umukino wa kane, wabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 11 Ukwakira 2024 ubera muri Petit Stade Amahoro. Ni umukino wagiye gutangira REG isabwa […]

Muhanga: EPR Kabadaha yoroje abaturage 110 amatungo magufi

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2024, ‘Itorero ry’Aba-Presbyterienne mu Rwanda/ Paruwasi ya Kabadaha ryoroje abaturage 110 bo mu Karere ka Muhanga. Aba baturage borojwe ingurube 110 binyujijwe mu mushinga RWA 0567 uterwa inkunga na Compassion International.   Ubuyobozi bwa EPR butangaza ko iki gikorwa ari icyiciro cya mbere kuko hateganyijwe icyiciro cya […]

OMS irahamagarira abatuye Isi kwita ku buzima bwo mu mutwe ku kazi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) rirahamagarira za guverinoma, abakoresha, imiryango ihagarariye abakozi n’abakoresha, n’abandi bafatanyabikorwa bashinzwe ubuzima n’umutekano by’abakozi gufatanyiriza hamwe guteza imbere ubuzima bwo mu mutwe ku kazi. OMS yatangaje ibi mu rwego rwo kuzirikana ku munsi Mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe uba tariki 10 Ukwakira buri mwaka. Muri […]

Muhanga&Nyagatare: Abahinzi b’umuceri barasaba kwishyurwa amafaranga y’umusaruro wabo

Hamwe muri aho ni mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Nyamabuye aho abahinzi b’umuceri muri Koperative Imparaniramusaruro w’Abahinzi Borozi ba Rugeramigozi (K.I.A.B.R) basaba inzego z’ubuyobozi kubafasha kwishyurwa amafaranga y’umusaruro w’umuceri w’igihembwe cy’ihinga gishize. Aba bahinzi bakorera mu Gishanga cya Rugeramigozi, bavuga ko bamaze amezi abiri batarishyurwa kandi amasezerano avuga ko bagomba kwishyurwa mu gihe kitarenze […]