Inama y’Uburusiya n’Afurika: Vladimir Putin yasezeranyije Afurika ‘inkunga yuzuye’ mu guhashya iterabwoba

Ku munsi wa kabiri w’inama yatangiye ku itariki ya 9 ikarangira ku ya10 Ugushyingo 2024, mu mujyi wa Sochi mu Burusiya, yahuje minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergei Lavrov na bagenzi be bo mu bihugu bya Afurika, Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yasezeranyije icyo yise “inkunga yuzuye” muri Afurika, harimo no kurwanya iterabwoba n’intagondwa. Mu ijambo rya […]
U Rwanda: Ibiciro bikomeje gutumbagira

Ikigereranyo cy’ibiciro by’ibicuruzwa (CPI), cyasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) kuri uyu wa 10 Ukwakira 2024 kiragaragaza ko ibiciro by’ibicuruzwa mu Rwanda bikomeje kwiyongera ugereranyije n’umwaka wa 2023 ndetse n’ukwezi kwa Nzeri 2024. Raporo igaragaza ko igipimo cya CPI mu mijyi cyazamutseho 3.8% ku mwaka, ndetse kikazamukaho 1.5% ugereranyije n’ukwezi kwa Nzeri 2024. Igipimo cya CPI […]
Ibyo wamenya kuri politiki nshya yo kugabanya ingaruka ziterwa n’ibiza mu Rwanda

Ku wa 7 Ugushyingo 2024, Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) yashyize ahagaragara raporo ikubiyemo ingamba zafashwe n’u Rwanda mu kugabanya ingaruka ziterwa n’ibiza. Ni raporo igaragaramo ko Guverinoma y’u Rwanda ifite intego yo kongera ubushobozi bwo guhangana n’ibiza bukava kuri 46% buriho ubu, bukagera kuri 60% mu mwaka wa 2030, mu rwego rwo kugabanya igihombo […]
Australia: Abana bari munsi y’imyaka 16 bagiye gusezera imbuga nkoranyambaga

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, Minisitiri w’intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko guverinoma y’iki gihugu igiye gushyiraho amategeko abuza abana bari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga. Minisitiri Anthony asanga iyi gahunda bagiye gutangiza biteze ko izagira umumaro mwinshi ku bana bityo ko bizeye ko mu minsi iri imbere ibi bishobora kuba […]
Rayon Sports itsinze Musanze ifata umwanya wa mbere

Ikipe ya Rayon Sports yatsindiye Musanze FC kuri stade Ubworoherane igitego 1-0. Byari mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona, ibyatumye Rayon Sports yuzuza imikino itanu itsinze yikurikiranya. Ni umukino Igice cya mbere cya wo cyatangiye amakipe yombi akinira hagati mu kibuga mu rwego rwo kwigana gusa ikipe ya Rayon Sports yanyuzagamo igashikisha uburyo bwo […]
Miss Muheto yakatiwe igifungo cy’amezi atatu asubitse

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwahanishije Miss Nshuti Muheto Divine igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe. Miss Muheto yahawe iki gihano nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gutwara ikinyabiziga wanyoye ibisindisha no gutwara ikinyabiziga utabifitiye uruhushya. Urukiko kandi rwanzuye ko Miss Nshuti Muheto Divine adahamwa n’icyaha cyo guhunga nyuma yo gukora impanuka nk’uko Ubushinjacyaha bwari […]
Igisobanuro cy’itorwa rya Trump kuri Afurika

Muri iki gitondo, nibwo inkuru yabaye kimomo ko Donald John Trump yatsindiye kuyobora Leta zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’imyaka ine iri imbere. Iyi ntsinzi yaje nyuma yo kubarura ibyavuye mu matora mu buryo bw’agateganyo aho Trump wari uhagarariye Ishyaka ry’Abarepubulikani yatsindiye ku majwi 277 muri 270 yari akenewe. Mugenzi we bari bahanganye, Kamala […]
Amerika: Gutorwa na benshi sibyo byemeza uba Perezida

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Ugushyingo, abaturage bagera mu ma miliyoni z’Abanyamerika baratora Umukuru w’Igihugu. Ni amatora ahanzwe amaso cyane n’ingeri z’abantu banyuranye hirya no hino ku isi kuko ibiyavamo biba byitezweho kugira ingaruka zikomeye ku bukungu na politiki mpuzamahanga. Uretse ibi kandi, abasesenguzi banavuga ko aya matora ashobora kugira ingaruka ku bibazo […]
Amerika: Gutangaza ibyavuye mu matora muri uyu mwaka bishobora gutinda

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 5 Ugushyingo 2024, Miliyoni z’abanyamerika baramukiye mu gikorwa cy’amatora yo guhitamo perezida wa 48 uzayobora iki gihugu mu myaka ine iri imbere. Ibyavuye mu matora yo muri iki gihugu byari bisanzwe bimenyerewe ko bitangazwa mu masaha make amatora arangiye, ariko bitewe n’ ihangana rikomeye ryagaragaye muri uyu mwaka hagati […]
Amatora muri Amerika: Jennifer Lopez mu bashyigikiye Kamala Harris, Elon Musk mu bashyigikiye Donald Trump

Mu gihe amatora y’umukuru w’igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika arimbanyije muri leta zitandukanye z’iki gihugu, ibyamamare mu ngeri zitandukanye zagiye zigaragaza uruhande zihagazeho. Bamwe bashyigikiye Kamala Harris uturuka mu ishyaka ry’abademokarate abandi bari ku ruhande rwa Donald Trump watanzwe n’ishyaka ry’abarepuburike. Ikibazo kibazwa ni ukumenya niba hari uruhare ibyamamare mu muziki, firimi, imikino […]
