Kigali: RURA ije gukuraho iringaniza mu giciro cy’urugendo

Urwego rw’igihugu rushinzwe kugenzura imwe mu mirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA), rwatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 4 Ukuboza mu mujyi wa Kigali hatangira igerageza ry’uburyo bushya bwo kwishyura hakurikijwe urugendo umugenzi yakoze. Mu buryo busanzwe, abagenzi bose bajya muri bisi iva mu mujyi igana Kimironko, bagombaga kwishyura amafaranga angana hatitaweho usigara […]
Abenshi bashyigikiye kubuza abana gukoresha imbuga nkoranyambaga

Ku wa Kane, tariki ya 28 Ugushyingo 2024, Igihugu cya Australia cyemeje umushinga w’itegeko ribuza abangavu n’ingimbi bari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga zirimo Instagram, X yahoze ari Twitter naTik Tok. Iri tegeko rigamije kugabanya ibyangiza imibereho y’abana muri Australia, biteganyijwe ko rizatangira gushyirwa mu bikorwa mu mpera za 2025 ndetse ngo ibigo bikomeye […]
Impinduka za RSSB ntizivugwaho rumwe

Hari hashize imyaka 62 u Rwanda rutarakora impinduka mu bijyanye n’ubwiteganyirize bw’izabukuru. Uburyo busanzwe buteganya ko umukozi n’umukoresha batanga umusanzu ungana wa 3% byahurizwa hamwe bikangana na 6% by’umushara w’umukozi. Gusa mu mpera z’Ugushyingo 2024, nibwo Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), rwatangaje ko guhera muri Mutarama 2025, igipimo cy’imisanzu y’ubwiteganyirize kizazamuka kive kuri 6% […]
Mu mibare: Menya uko Ubwandu bwa SIDA buhagaze mu Rwanda no ku Isi

Uyu munsi, tariki ya 1 Ukuboza, ni Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurwanya SIDA. Ni muri urwo rwego ICK News yifashishije imibare y’ibigo binyuranye hirya no hino ku isi, yaguteguriye inkuru igaruka ku ishusho ya SIDA mu Rwanda no hirya no hino ku isi. SIDA iterwa n’agakoko kitwa ‘HIV’ iracyari ikibazo gikomeye cy’ubuzima ku Isi yose, cyane […]
Muhanga: Abaturage baributswa kugira uruhare mu igenamigambi

Mu muganda rusange wabaye kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30 Ugushyingo 2024, Abatuye mu Karere ka Muhanga bongeye kwibutswa ko bakwiye kugira uruhare mu igenamigambi ry’ibibakorerwa. Ni ibyagarutsweho na Musabyimana Jean Paul wari uhagarariye Ministeri y’Ubutegetsi bw’Igihugu mu muganda wabereye mu Kagari ka Remera, Umurenge wa Muhanga. Musabyimana yagarutse kuri ubu butumwa mu rwego […]
Icyizere cy’ahazaza ku batunzwe na moto kigeze mu manegeka

Mu myaka irenga icumi ishize, Narcisse Maniraguha utuye mu mujyi wa Muhanga yaguze igare atangira umwuga w’ubunyonzi, ariko hashize igihe gito amagare aza guhagarikwa mu muhanda, maze yimukira ku igare rifite moteri, ari nako ashaka n’ibyangombwa byo gutwara moto nini. Hashize imyaka ibiri, yabonye uruhushya rwa burundu rwo gutwara rw’urwego rwa A, maze yaka akazi […]
Gicumbi: Bamwe mu bagore barinubira ihohoterwa rishingiye ku mibonano mpuzabitsina

Hari imvugo y’Ikinyarwanda igira iti “Uwakoye akora aho ashaka”. Imvugo nk’izi ngo bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Gicumbi bakunze kuzikoresha bumva ko bakwiye gukoresha umugore icyo bashaka cyose, by’umwihariko imibonano mpuzabitsina igihe cyose bashakiye. Ni ibigarukwaho na bamwe mu bagore baganiriye n’Umunyamakuru wa ICK News, aho bavuga ko ari ukubuzwauburenganzira mu gikorwa cy’imibanano […]
Rwamagana: Abarobyi bo mu Kiyaga cya Muhazi biyemeje gutanga umuti w’igwingira

Ihuriro ry’abarobyi bakorera mu Kiyaga cya Muhazi giherereye mu Karere ka Rwamagana, Umurenge wa Munyiginya, biyemeje kurwanya ikibazo cy’igwingira mu baturanyi babo bakoresheje intungamubiri zitangwa n’amafi. Kuva mu myaka itatu ishize, aba barobyi biyemeje kujya batanga ibiro icumi by’indugu, bizajya bigabanwa n’imiryango icumi buri cyumweru. Baganira na ICK News, bamwe mu bahawe ayo mafi bavuga […]
Biden arashaka gusiga ashyize iherezo ku ntambara muri Gaza

Nyuma y’uko Perezida Joe Biden agize uruhare mu igerwaho ry’amasezerano yo guhagarika intambara hagati ya Isiraheli na Libani mu gihe cy’iminsi 60 iri imbere, we n’abandi batangiye guharanira ko habaho amasezerano nk’ayo kugira ngo intambara yo muri Gaza irangire. Mu ijambo yavugiye mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu ‘White House’ ryatambukaga kuri C-Span, Biden yasobanuye uburyo ateganya […]
Iposita, Itumanaho ab’ubu bumva mu makuru gusa

Mu Rwanda, urugendo rwo kugeza ubutumwa ku bo bugenewe rugizwe n’amateka maremare, aho mbere y’umwaduko w’abazungu umuntu yabwiraga intumwa amagambo, akagenda akayasubiriramo uwo amutumyeho. Aho amashuri aziye, Abanyarwanda bakamenya kwandika, havutse ubundi buryo bwo kohererezanya ubutumwa, aho umuntu yashakaga ikaramu n’urupapuro akandikira uwo ageneye ubutumwa, hanyuma agashyira mu ibahasha aho bishoboka, akayiha intumwa iyigeza ku […]
