Uburyo warinda amaso ukoresheje ’20-20-20′

Mu gihe akazi ka benshi mu bantu gatuma bahugira ku bintu binyuranye ngo akazi kagende neza, hari abibaza bati ese ‘ni iki nakora ngo ndide amaso yanjye by’igihe kirambye?’ Dr. Nziyomaze Elie wasoje General Medecine muri 2017, agahitamo gukomeza kuzobera mu buvuzi bw’amaso kugeza muri 2023, avuga ko impamvu ijisho rikwiye kurindwa ari uko “Ijisho […]
Ni ngombwa gusuzumisha amaso buri gihe-Dr Uwemeye

Impuguke mu buvuzi bw’amaso zigaragaza ko kwisuzumisha kenshi ari ingenzi cyane kuko 80% by’indwara z’amaso zoba zishobora kwirindwa. Mu rwego rwo kumenya byinshi ku buryo indwara z’amaso zandura n’uko zakwirindwa binyuze mu kwisuzumisha kenshi, ICK News yagiranye ikiganiro na Dr. Livin Uwemeye, inzobere mu buvuzi bw’amaso ukora ku Bitaro by’amso bya Kabgayi agaragaza uburyo indwara […]
Don’t Wait Until It’s Too Late: Dr. Livin Warns of Eye Disease Risks

Eye diseases are among the most common health issues people face, but according to ophthalmology experts, 80% of these conditions are preventable. Therefore, it is crucial for individuals to have their eyes checked regularly. Kabgayi Eye Hospital has been recognized for its excellent medical services, treating over 150-200 patients daily for eye examinations. During holidays, […]
Agahinda gakabije n’umuhangayiko bikomeje kugaragara cyane mu bagabo

Impuguke mu bijyanye n’ubuzima bwo m’umutwe zirasaba abantu bose kwisuzumisha kugira ngo bamenye uko bahagaze cyane cyane abagabo kuko ubushakashatsi bugaragaza ko imibare y’abagabo irihe juru ugereranyije n’abagore. Ibi bishingirwa ku mibare yashyizwe ahagaragara n’Ibitaro byita ku bafite uburwayi bwo mu mutwe bya Ndera muri 2023 igaragaza ko umubare w’abagabo bagana serivisi zo kwita ku […]
Kwibohora30: Urugendo rwo kongera kwiyubaka mu myaka 30 ishize

Tariki 4 Nyakanya 1994 kugeza tariki 4 Nyakanga 2024, Imyaka 30 irashize u Rwanda rwibohoye nyuma y’uko Ingabo zari iza RPA zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nk’uko bigarukwaho na benshi, ibirori byo kwizihiza umunsi mukuru wo Kwibohora, ‘tariki 4 Nyakanga’ bigamije gushimira ubutwari bw’abasore n’inkumi baretse imiryango yabo bagatangira urugamba rwo kubohora igihugu ndetse […]
‘Sauna’ ishyushye cyane si nziza- Menya ibishobora kwangiza udusabo tw’intanga

Mu gihe benshi bakunda gusohokera no kwinezereza mu mazu azwi nka ‘Sauna’, abashakashatsi baragira inama abantu kwitondera gukoresha sauna ishyushye cyane kuko bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima bwabo, by’umwihariko ku dusabo tw’intanga. Ubu bushakashatsi bwerekana ko ubushyuhe bwinshi bushobora kugabanya imikorere myiza y’udusabo tw’intanga, bikaba byanatera ingorane ku myororokere. Mu kiganiro Dr. David Mwesigye […]
Agaciro k’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima

Mu Rwego rwo gufasha abana gukura neza, hashize igihe Leta y’u Rwanda ishyizeho gahunda y’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima bw’umwana. Ni gahunda yashyizweho nyuma yo kubona ko abenshi mu bana bakiri bato bagira ikibazo cyo gukura nabi kubera imirire mibi, kandi bikagaragara mu ngo zikennye n’izifite. Nk’uko bitangazwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku bana […]
Nyamagabe-Kibirizi: Barashima ko hari icyakozwe ku buke bw’abaforomo

Nyuma y’amezi arenga ane yari ashize Ikigonderabuzima cya Kibirizi gifite abaforomo batarenze batatu, kuri ubu abahivuriza barashima ko hari icyakozwe kuri icyo kibazo. Nyuma yo kwiyongera k’umubare w’abaforomo, abaturage bahamya ko kuri ubu imitangire serivisi isigaye yihuta kurusha uko byari bimeze mbere. Ntirenganya Aimable utuye hafi y’ikigonderabuzima ashima ubuyobozi bw’akarere bwabatekerejeho bukongera umubare w’abaforomo bakava […]
Muhanga: Urubyiruko ruri guhugurwa ku kwirinda inda zidateganyijwe

Kuva ku wa Mbere, tariki 3 Kamena 2024, abahagarariye urubyiruko rwo mu Mirenge ya Nyamabuye, Nyarusange na Shyogwe batangiye amahugurwa y’iminsi itanu ku kwirinda inda zidateganyijwe na SIDA bikomeje kugaragara mu bangavu. Rugemintwaza Fredy uyobora urubyiruko mu Karere ka Muhanga avuga ko bahisemo guhugura abo mu mirenge ya Nyamabuye, Shyogwe na Nyarusange kuko ariho […]
Iby’ingenzi wamenya ku ndwara y’Ishaza

Muri zimwe mu ndwara z’ijisho zikunze gufata abantu benshi harimo iyitwa Ishaza cyangwa ‘Cataract’ mu rurimi rw’Icyongereza. Ubusanzwe ijisho rigira uturahuri tubonerana ku buryo ishusho ryinjira rigahita rikagera ku bwonko bityo ubwonko bukabasha gutandukanya amashusho anyuranye [inzu, inka, umuntu…]. Dr Tuyisabe Theophile, Umuyobozi w’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi avuga ko kamwe muri utu turahuri umuntu avukana, […]
