Imyaka 20 iruzuye Amavubi adakandagira mu gikombe cya Afurika

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 18 Ugushyingo 2024, Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yujuje imyaka 20 itazi uko imikino ya nyuma y’Igikombe cya Afurika imera.Ni nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Nigeria ibitego 2-1 ariko ikabura itike yo gukina imikino ya nyuma y’Igikombe cya Afurika 2025 kizabera muri Morocco, kubera ko amanota yagize atayemereye kwitabira […]

EU Adds Rwf 29.5B for Rwandan Troops in Mozambique

EU Increases Support for Rwandan Troops in Mozambique by Rwf 29.5 Billion The European Union (EU) has significantly enhanced its support for the Rwandan military’s peacekeeping mission in Mozambique, reinforcing its commitment to regional stability and the fight against terrorism. A new tranche of €20 million (approximately Rwf 29.5 billion) will be allocated to support […]

Amerika yemereye Ukraine kurasa imbere mu Burusiya

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yemereye Ukraine gukaba ibitero mu Burusiya ikoresheje misile zirasa kure zatanzwe na Amerika. Iki cyemezo kije gihindura politiki ya Amerika, kuko yari yaranze kwemerera Ukraine gukoresha misile za ATACMS hanze y’imbibi za Ukraine. Nubwo Amerika ifashe iki cyemezo, Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, mu minsi ishize yaburiye […]

Menya ingamba zafatiwe mu Ihuriro rya 17 ry’Umuryango Unity Club Intwararumuri

Ku wa 16 Ugushyingo 2024, muri ‘Kigali Convention Center habereye Ihuriro rya 17 ry’umuryango Unity club Intwararumuri, ahafatiwe ingamba zinyuranye ku bijyanye n’ubumwe bw’Abanyarwanda.Ni ihuriro ryitabiriwe n’abagera kuri 400 ryabanjirijwe n’Inteko Rusange y’uyu muryango yayobowe n’Umuyobozi Mukuru wayo, Madamu Jeannette Kagame. Insanganyamatsiko kuri iyi nshuro yagiraga iti, “Ndi Umunyarwanda igitekerezo ngenga cy’ukubaho kwacu.”  Muri iri […]

Isiraheli yigambye kwangiza ikigo cya Iran gitunganya ingufu za Nikleyeri

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Isiraheli biratangaza ko ikigo cya Iran gikora ubushakashatsi ku ngufu za nikleyeri cyangijwe bikomeye n’ibitero by’indege Israheli yagabye kuri Iran mu Ukwakira 2024. Ni ibigaragara muri raporo y’ubutasi bwa Amerika na Isiraheli aho ivuga ko ikigo cyangijwe ari igiherereye i Parchin, muri kilometero 30 ugana mu majyepfo y’umurwa mukuru […]

COP: Impuguke zirasaba impinduka ku nama ziga ku mihindagurikire y’ikirere

Itsinda ry’abahoze ari abayobozi n’inzobere mu bijyanye n’ikirere bavuga ko ibiganiro ngarukamwaka by’umuryango w’abibumbye, COP bitagihuye n’intego kandi ko bikeneye kuvugururwa byihutirwa. Ni ibikubiye mu ibaruwa yashyizweho umukono n’abarimo uwahoze ari umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), Ban Ki-Moon, uwahoze ari umuyobozi w’ishami rya UN ryita ku mihindagurikire y’ikirere, Christiana Figueres, n’uwahoze ari perezida wa Irlande, […]

Gatsibo: Abikorera biyemeje kubaka gare n’isoko i Ngarama

Hashize igihe bamwe mu baturage bo mu karere ka Gatsibo, by’umwihariko mu isantere ya Ngarama basaba ubuyobozi bw’aka karere kububakira gare n’isoko bigezweho. Aba baturage bavuga ko bagiye batanga iki cyifuzo mu bihe bitandukanye gusa ko kuri ubu nta kirakorwa. Impamvu bashingiraho basaba kubakirwa gare n’isoko ngo ni iterambere rikomeje kugaragara i Ngarama ku buryo […]

Kirehe: Bahangayikishijwe n’iyangirika ry’umuhanda Nyamugali-Mahama

Abakoresha umuhanda Nyamugali-Mahama wo mu Karere ka Kirehe bakomeje kugaragaza impungenge z’iyangirika ryawo, ibyo bavuga ko bishobora kuzatuma haba impanuka nyinshi zishobora no gutuma abaturage bahaburira ubuzima. Bamwe mu baturage baganiriye na ICK News, bavuga ko uyu muhanda uhuza Umurenge wa Nyamugali na Mahama, ari wo w’ingenzi bafite werekeza ku Kigonderabuzima cya Bukora, bityo ko […]

Ubwenge bukorano mu burezi: Amahirwe cyangwa gukuza ubunebwe?

Uko ikoreshwa ry’ubwenge bukorano rikomeje gukura ku muvuduko mwinshi, abashinzwe uburezi hirya no hino mu bihugu bigize isi barajwe ishinga no gushaka uko ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano ‘Artificial intelligence (AI)’ ryakwinjizwa mu myigire mu buryo buboneye. Nubwo bimeze gutyo ariko, nta gushidikanya ko abanyeshuri hirya no hino batangiye gukoresha AI mu myigire yabo cyane cyane mu […]

MINEDUC yatangaje amanota y’abarangije amashuri yisumbuye, hanahindurwa uburyo bwo kujya muri kaminuza

Kuri uyu wa Gatanu, Minisiteri y’uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024 kigaragaza ko abakobwa batsinze ku kigero cyo hejuru mu burezi rusange, mu gihe abahungu batsinze neza mu masomo y’imyuga n’ubumenyi ngiro. Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana , yagaragaje ko abiyandikishije gukora ibizami muri rusange bari […]