Icyamamare Klay Thompson yashimagije Bella Murekatete

Abakunzi b’umukino w’amaboko wa Basketball mu Rwanda bakomeje gucika ururondogoro kubera ubutumwa bwa Klay Thompson, igihangange muri Shampiyona ya mbere ku isi muri Basketball (NBA). Ubutumwa Thompson yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram bwagiraga buti ‘“Ndakubona Murekatete Bella komeza uyobore. Umunyabigwi wa Cougars (ikipe akinamo).” Ni ubutumwa bwanditswe na Thompson nyuma y’uko mu ijoro ryo […]
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abaminisitiri bashya

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Nyakanga 2024, mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye indahiro z’abaminisitiri bashya bagize guverinoma iherutse gushyirwaho. Guverinoma y’u Rwanda igizwe n’abaminisitiri 21 n’abanyamabanga ba leta 9. Mu Baminisitiri, abagore 6 mu gihe abagabo ari 15. Mu Banyamabanga ba Leta abagore ni 4 […]
Perezida Kagame yasabye abayobozi bashya gukosora ibitarakozwe neza muri manda ishize

Mu muhango wo kwakira indaziho z’abagize Guverinoma n’Umuyobozi mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yongeye kwibutsa abayobozi bashya ko inshingano zabo zikomeye bityo bakwiye gukoresha uyu mwanya bakosora ibitaragenze neza muri manda ishize ndetse bakabikora bisuzuma ubundi muri iyi manda bikazagenda neza. Ibi Perezida Kagame yabivugiye mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko […]
Umumaro wa gahunda y’Intore mu Biruhuko

Mu gihe urubyiruko hirya no hino ruri muri gahunda y’intore mu biruhuko, bamwe mu bitabiriye iyi gahunda mu myaka ishize bavuga ko ari ingirakamaro cyane kuko igira uruhare mu kurinda urubyiruko ibirangaza binyuranye ndetse n’izindi ngeso mbi. Ibi byagarutsweho na bamwe mu baganiriye na ICK News ku mumaro wa gahunda y’intore mu biruhuko. Niyonkuru Eric […]
Libya: Banki Nkuru yahagaritse imirimo kubera ishimutwa ry’umwe mu bayobozi bayo

Banki Nkuru ya Libya (CBL) yatangaje ko yahagaritse imirimo yayo yose nyuma y’uko umuyobozi wayo ushinzwe ikoranabuhanga, Musab Msallem, ashimutiwe imbere y’urugo rwe. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 18 Kanama 2024 mu itangazo yashyize hanze. Iri tangazo rivuga ko bazasubukura ibikorwa byabo ari uko Musab yabonetse ndetse n’abandi bayobozi b’iyi Banki bakareka guterwa ubwoba. Itangazo […]
Mutharika wayoboye Malawi arashaka kugaruka ku butegetsi

Kuri uyu wa 18 Kanama 2024 ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Malawi, Democratic Progress Party, ryashyigikiye uwahoze ari Perezida Peter Mutharika, w’imyaka 84, ngo abe umukandida waryo ku mwanya w’umukuru w’Igihugu mu matora yo mu 2025. Mutharika, wayoboye igihugu kuva mu 2014 kugeza mu 2020, azahatana na Perezida uriho ubu, Lazarus Chakwera, ushaka manda ya […]
Zimbabwe: Amapfa, umutekano n’ubushita byahagurukije SADC

Kuva kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 17 Kanama 2024, abakuru b’ibihugu na za guverinoma bo mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) bateraniye mu nama idasanzwe mu murwa mukuru wa Zimbabwe i Harare mu rwego rwo kwiga ku bibazo binyuranye byugarije bimwe mu bihugu bigize uyu muryango. Iyi nama yakoranyije abayobozi b’ibihugu 16 […]
Ni muntu ki? Ibyo wamenya kuri Dr. Ngirente, Minisitiri w’Intebe

Ku wa Gatatu w’iki cyumweru, tariki ya 14 Kanama 2024, Dr. Edouard Ngirente yarahiriye kongera kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda nyuma yo gusoza imyaka irindwi ayoboye guverinoma ‘cabinet’. Dr. Ngirente yarahiriye izi nshingano nyuma yo gushyirwaho na Perezida Paul Kagame ngo yongere kuba Minisitiri w’Intebe muri manda nshya y’imyaka itanu. Yakuze nk’abandi bana basanzwe Dr. […]
APR FC igiye kongera gutangira urugendo rutakunze kuyihira

Kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Kanama 2024 nibwo APR FC yahagurutse mu Rwanda yerekeza muri Tanzaniya aho yagiye gukina na AZAM SC mu mikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ‘CAF Champions’ League.’ Ni umukino uteganyijwe kuri iki cyumweru tariki ya 18 Kanama 2024, saa 17:00. Ikipe y’Ingabo z’igihugu yemerewe kwitabira iyi mikino nyuma […]
Kamonyi: Barashima gahunda ya Twigire mu mikino Rwanda

Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Kayenzi ho mu karere ka Kamonyi, barishimira impinduka nziza zikomeje kugaragara ku bana babo biturutse kuri gahunda ya ‘Twigire mu Mikino Rwanda (TMR)’ Iyi gahunda yatangijwe n’umuryango ‘VSO’ muri gahunda yo guteza imbere imibereho n’imikurire y’umwana binyuze mu mikino, aho ababyeyi bakangurirwa, binyuze mu mahugurwa n’inyigisho bahabwa, kugira […]
