Kenya: Visi-perezida Gachagua yasabye imbabazi Perezida Ruto

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, ubu ugeramiwe no kweguzwa n’Inteko Ishinga amategeko, yasabye imbabazi Perezida w’iki gihugu, Dr. William Ruto. Ibitangazamakuru byinshi muri Kenya bitangaza ko Gachagua yasabye imbabazi kuri iki Cyumweru, yinginga avuga ko niba hari ikosa yamukoreye yamubabarira akamuha andi mahirwe yo gukorera Abanyakenya. Ubwo yari mu rusengero rw’ahitwa Karen mu mujyi […]

Mozambique: Abatuye Macomia baravuga imyato Ingabo z’u Rwanda

Abaturage bo mu Karere ka Macomia, mu gice cy’iburasirazuba bwa Cabo Delgado, barashima ibikorwa by’ingabo z’u Rwanda mu kurwanya iterabwoba ryazahaje ako karere kuva mu mwaka wa 2017. Mu kiganiro na Zumbo FM News, bamwe mu baturage bagaragaje gugashima ubuhanga n’ubushishozi bw’ingabo z’u Rwanda zifite ubwitange n’imyitwarire myiza mu guhangana n’abarwanyi b’abahezanguni muri ako karere. […]

Kenya: Perezida na Visi Perezida ntibacana uwaka

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yatewe ubwoba bwo kweguzwa ku mwanya we wo kungiriza William Ruto ku buyobozi bw’igihugu cya Kenya nyuma y’amakuru menshi akomeke kuzenguruka avuga ko yaba yaragiranye ibibazo bikomeye na Perezida Ruto.Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko bo mu ishyaka rimwe na Perezida William Ruto bashinje Gachagua guhungabanya guverinoma, guteza imbere politiki […]

Uruhare rwo ‘Kwita Izina’ mu iterambere ry’u Rwanda

Tariki ya 18 Ukwakira 2024, hateganyijwe umuhango wo Kwita izina abana b’ingagi 22. Uyu muhango uzabera mu nkengero za Pariki y’Ibirunga ho mu Karere ka Musanze, uzaba ubaye ku nshuro ya 20. Mu kiganiro Ikigo cy’igihugu gishinzwe’iterambere (RDB) cyagiranye n’itangazamakuru tariki ya 25 Nzeri 2024, hagaragajwe umumaro w’uyu muhango mu myaka 20 ishize uba. Umuyobozi […]

Abagore barasabwa kudatinya imyanya y’ubuyobozi

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 27 Nzeri 2024, Akarere ka Muhanga kakiriye inteko rusange ya gatatu y’abagize urunana rw’abagore bakora mu nzego z’imitegekere y’igihugu kuva ku rwego rw’Umudugudu, utugari, imirenge, uturere n’umujyi wa Kigali. Iyi yama yabereye muri ‘Hôtel Saint-André Kabgayi’, yateguwe ku bufatanye bwa Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Ishyirahamwe rihuza […]

Isiraheli iratangaza ko yishe Umuyobozi wa Hezbollah

Igisirikare cy’igihugu cya Isiraheli (IDF) cyavuze ko cyivuganye umuyobozi w’umutwe wa Hezbollah Hassan Nasrallah, mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 27 Nzeri 2024. Nk’uko bitangazwa na IDF, ngo Nasrallah yiciwe mu gitero cyagabye mu mujyi wa Beirut, muri Libani, nubwo umutwe wa Hezbollah utaragira icyo ubitangazaho. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara mu gitondo […]

Perezida Kagame arasaba ubufatanye hagati ya Sena n’abaturage

Kuri uyu Kane, tariki ya 26 Nzeri 2024, Perizida wa Repulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasabye abasenateri bashya binjiye muri Sena kumenya inshingano zabo zo gukorera abaturage hagamijwe iterambere ridaheza n’umwe. Ibi yabivuze mu muhango wo kwakira indahihiro z’abasenateri 20 barahiriye inshingano zo kwinjira muri Sena y’u Rwanda muri manda ya kane, nk’uko biteganwa n’amategeko […]

Benin: Abakekwaho guhirika ubutegetsi batawe muri yombi

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 25 Nzeri 2024, Umushinjacyaha wa Leta ya Bénin yavuze ko abagabo batatu, barimo uwahoze ari Minisitiri wa Siporo ndetse n’Umuyobozi ushinzwe umutekano wa Perezida Patrice Talon, batawe muri yombi bakekwaho gutegura umugambi wo guhirika ubutegetsi. Hafunzwe kandi umucuruzi, Olivier Boko, wari usanzwe ari inshuti y’akadasohoka ya Perezida Talon, wari […]

Amerika yohereje izindi ngabo mu burasirazuba bwo hagati

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 22, Nzeri 2024, Ibiro bya gisirikare cya Leta zunze ubumwe z’America, Pentagon byavuze ko Leta zunze ubumwe z’Amerika zohereje izindi ngabo mu burasirazuba bwo hagati mu gihe hakomeje ubukana bukabije bw’urugomo hagati ya Isiraheli n’ingabo za Hezbollah muri Libani. Ibi bikomeje gutera impungenge z’ibyago bishobora kugwira aka karere mu […]

Abatujwe n’Akarere ka Muhanga barashima  

Abaturage batujwe n’Akarere ka Muhanga kubwo kutagira aho kuba, barashimira ubuyobozi bw’akarere bwabahinduriye ubuzima bakaba bakataje mu nzira y’iterambere. Abatujwe ni abataragiraga aho kuba n’abari batuye mu bice bishobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga cyane ko Muhanga iri mu turere dufite imisozi miremire ndetse dukunze kwibasirwa n’ibiza. Mu rwego rwo gutuza aba baturage, Akarere ka […]