Basketball: APR W BBC yatwaye Igikombe cya Rwanda Cup

Ikipe y’ingabo z’igihugu cy’ u Rwanda y’abagore yegukanye Igikombe cya Rwanda Cup ku nshuro ya mbere itsinze REG W BBC amanota 72 kuri 59. Ni mu mukino wa nyuma wabaye kuri uyu gatanu tariki 20 Nzeri 2024, ubera muri BK Arena. Agace ka mbere, APR yagatangiye neza itsinda amanota menshi ku buryo karangiye APR ifite […]

Muhanga: Barifuza kuvugururirwa isoko rya Nyabisindu

Abacururiza n’abagurira mu isoko rya Nyabisindu riherereye mu Karere ka Muhanga bavuga ko babangamiwe no kuba iri soko ritavuguruye kuko bituma ubuhahirane bidakorwa uko bikwiye. Ibi babishingira ku kuba mu gihe cy’impeshyi bimwe mu bicuruzwa byangirika bitaragurwa kuko isoko ridasakaye. Ibi bigaragazwa cyane ahanini n’abacuruzi b’imboga n’imbuto bavuga ko hari nyinshi zibahombera kuko zuma zitarabona […]

Green Amayaga Project Revives Hope for Amayaga Region

Kamonyi District Vice Mayor in Charge of Economic Affairs, Mr. Uzziel Niyongira, has announced that there is hope for the Amayaga region to regain its lush greenery thanks to the ‘Green Amayaga’ project. Mr. Niyongira made this announcement during a meeting held at the Kamonyi District headquarters on Thursday, September 19, 2024. The meeting was […]

Hari Icyizere ko amayaga azongera agatoha-V/Mayor Niyongira

Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Kamonyi ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu Bwana Niyongira Uzziel aratangaza ko hari icyizere cy’uko amayaga azongera agatoha kubera umushinga ‘Green Amayaga’. Bwana Niyongira yatangarije ibi mu nama yabereye ku cyicaro cy’Akarere ka Kamonyi kuri uyu wa Kane, tariki ya 19 Nzeri 2024. Ni inama yari igamije gusuzumira hamwe umusaruro w’umushinga ‘Green Amayaga’ mu […]

Kuki hari abatarakuraho isakaro rya Asbestos? RHA igaragaza impamvu

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu (RHA) gishinzwe imiturire butangaza ko hari bamwe mu baturage bakomeje kwinangira bakaba badashaka guca ukubiri n’isakararo rya Fibro Sima (Asbestos). Ibi bigarukwaho na Uwizeyimana Mathieus, umuhuzabikorwa ushinzwe umushinga wo guca isakaro rya Fibro sima muri RHA uvuga ko akenshi usanga abaturage badakuraho iri sakaro kubera ikibazo cy’imyumvire. Uwizeyimana ati “Ukurikije aho twagiye […]

ICK Students Embrace Innovation and Explore Opportunities at Hanga Hubs Session

On September 19, 2024, the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) hosted an inspiring session with the Ministry of ICT and Innovation, alongside the Hanga Hubs team. This event introduced students to opportunities in digital entrepreneurship and innovation, aiming to empower them with knowledge and resources to drive their projects forward. Tina Uwase, Lead of Digital […]

Menya amateka ya Diyosezi ya Butare n’Abepiskopi bayiyoboye

Abakirisitu ba Kiliziya Gatolika mu Rwanda, by’umwihariko mu Turere twa Nyanza, Huye na Gisagara bategerezanyije amatsiko ibirori byo kwimika Umwepiskopi mushya wa Diyosezi ya Butare, Musenyeri Jean Bosco Ntagungira uzasimbura Musenyeri Filipo Rukamba ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru. Ibirori byo kwimika umwepiskopi mushya wa Diyosezi ya Butare biteganyijwe tariki ya 5 Ukwakira 2024. Tariki ya 12 […]

Rwanda: Ibikomeje kuranga Nzeri yahariwe gusoma  

Ejo ku wa Gatanu, tariki ya 20 Nzeri 2024, u Rwanda ruzizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo gusoma no kwandika. Biteganyijwe ko ibirori byo kwizihiza uyu munsi bizabera ku Kirwa cya Nkombo giherereye mu Karere ka Rusizi, aho insanganyamatsiko igira iti “Uburezi bw’ibanze, ishingiro ry’iyigishwa ry’indimi nyinshi.” Muri ibi birori kandi, biteganyijwe ko ku Nkombo hazafungurwa ku […]

Kamonyi-Musambira: Barasaba kubakirwa iteme rimaze igihe ryaratwawe n’amazi

Abaturage batuye mu tugari twa Mpushi na Kivumu, mu murenge wa Musambira ho mu Karere ka Kamonyi barasaba ubuyobozi kubavugururira iteme rimaze umwaka urenga n’amazi. Aba baturage bagaragaza ko mu gihe cy’imvura bagorwa no kwambuka ahahoze iri teme kuko amazi aba yuzuye hose bityo ko bafashwa rigasanwa mu gihe igihugu kiri kwerekeza mu gihe cy’umuhindo. […]