UNICEF yatangaje ko miliyoni 370 z’abagore n’abakobwa bakorewe ihohoterwa

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) riratangaza ko abagore n’abakobwa barenga miliyoni 370 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakiri bato. Ibi byatangarijwe na UNICEF i New York muri Leta zunze Ubumwe za Amerika tariki ya 10 Ukwakira 2024. Ni mu bushakashatsi bwakorewe mu bihugu 120 kuva muri 2010 kugeza 2022. UNICEF ivuga ko 1 […]

Ibyaranze Iterambere ry’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi

Hashize imyaka irenga 30, Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi bishinzwe. Ni ibitaro byashinzwe mu mwaka w’ 1993 mbere gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Igitekerezo cyo gushyiraho ibi bitaro cyaje nyuma y’uko Minisiteri y’ubuzima , Umuryango wa Christian  Blind Mission  ndetse  na Diyosezi ya Kabgayi basanze hari abaturage batuye mu Ntara y’amajyepfo batabashaga kubona ubuvuzi […]

Muhanga: EPR Kabadaha yoroje abaturage 110 amatungo magufi

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2024, ‘Itorero ry’Aba-Presbyterienne mu Rwanda/ Paruwasi ya Kabadaha ryoroje abaturage 110 bo mu Karere ka Muhanga. Aba baturage borojwe ingurube 110 binyujijwe mu mushinga RWA 0567 uterwa inkunga na Compassion International.   Ubuyobozi bwa EPR butangaza ko iki gikorwa ari icyiciro cya mbere kuko hateganyijwe icyiciro cya […]

OMS irahamagarira abatuye Isi kwita ku buzima bwo mu mutwe ku kazi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) rirahamagarira za guverinoma, abakoresha, imiryango ihagarariye abakozi n’abakoresha, n’abandi bafatanyabikorwa bashinzwe ubuzima n’umutekano by’abakozi gufatanyiriza hamwe guteza imbere ubuzima bwo mu mutwe ku kazi. OMS yatangaje ibi mu rwego rwo kuzirikana ku munsi Mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe uba tariki 10 Ukwakira buri mwaka. Muri […]

Ni nde wazaniye isi akaga k’ibiza biyugarije?

Leta z’ibihugu bitandukanye hirya no hino ku isi, zikomeje guhangana n’ingaruka z’imihidagurikire y’ikirere muri iki gihe kubera ibiza bidasiba kwibasira isi. Uhereye ku nkubi z’umuyaga, umwuzure, ubushyuhe bukabije, umubare w’ibi biza wabaye mwinshi muri uyu mwaka wa 2024, bigira ingaruka ku bantu babarirwa muri za miriyoni kandi byangiza ubukungu bubarirwa mu mamiliyali y’amadorari y’amerika. Ukwezi […]

Iburasirazuba: Imiryango amagana yasezeranye kubana uko amategeko abiteganya

Kuri uyu wa kane, tariki ya 10 Ukwakira 2024, i Zaza mu Karere ka Ngoma hasorejwe icyumweru cy’ubukangurambaga ku kwimakaza ihame ry’uburinganire. Ni ubukangurambaga bwatangiye ku wa 17 Nzeri 2024. Ku nsanganyamatsiko igira iti “Ihame ry’uburinganire, inkingi y’imiyoborere myiza n’iterambere ridaheza kandi rirambye”, ibirori byo gusoza ubu bukangurambaga byitabiriwe n’abayobozi banyuranye barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara […]

Inama ku mafunguro ya mu gitondo ku bagabo n’abagore bashaka kugabanya ibiro

Ifunguro rya mugitondo rikunze gufatwa nk’ifunguro ry’ingenzi ry’umunsi ariko abahanga basanze mu gihe cyo kugabanya ibiro, abagabo n’abagore bagomba guhitamo amafunguro atandukanye cyane. Abagabo bashaka kugabanya ibiro bagomba gufata ibiryo bya mu gitondo byiganjemo carbohydrates nk’umugati, n’ibinyampeke, mu gihe abagore bo bakwiye gufungura mu gitondo ibyiganjemo amavuta menshi, nk’umuleti cyangwa avoka. Ibi ni ibyagaragajwe n’ubushakashatsi […]

Ngoma: Minisitiri Nyirishema yasabwe ubuvugizi ku mishinga y’iterambere

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 09 Ukwakira 2024, Minisitiri wa Siporo, Hon. Nyirishema Richard uherutse guhabwa inshingano zo kuba imboni y’Akarere ka Ngoma, yagiriye uruzinduko rw’akazi muri aka karere agaragarizwa imishinga y’iterambere ikeneye ubuvugizi. Ni uruzinduko yakiriwemo n’abayobozi batandukanye barimo Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu Bwana Mapambano Nyiridandi Cyriaque ari kumwe na Perezida […]

Ubushakashatsi: Amahirwe yo kubaho imyaka 100 ku bana b’iki gihe ni make

Mu binyejana by’imyaka ishize, umuhanga mu by’ubukure (Gerontologist) Jay Olshansky n’abandi banditsi bagaragaraje ko ku mpuzandengo, abana bavuka muri iki gihe bashobora kuzabaho kugeza ku myaka 85 gusa uretse 1% kugeza kuri 5% bashobora kugeza ku myaka 100. Icyo gihe, benshi ntibemeranyijwe n’ukuri k’ubwanditsi bwa Olshansky wigisha umwarimu muri Kaminuza ya Illinois na bagenzi be. […]

Yubile y’imyaka 25 ya Cité Nazareth de Mbare: Amateka n’Uruhare rwayo mu burezi

None ku Cyumweru tariki ya 6 Ukwakira 2024, Ishuri rya Cité Nazareth de Mbare ryo muri Diyosezi ya Kabgayi ryahimbaje Yubile y’imyaka 25 rimaze rishinzwe. Ni mu birori byabimburiwe n’Igitambo cya Misa cyayobowe na Antoni Kardinali Kambanda, Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’abepisikopi Gatolika mu Rwanda, ari kumwe na Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi […]